Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, François Bayrou, yasabye abaturage gushyigikira gahunda ye yo kugabanya amafaranga Leta isohora, ababurira ko ideni ry’igihugu ryiyongeraho ibihumbi 5€ buri...
Umutwe wa MRDP - Twirwaneho watangaje ko Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’umutwe wa FDLR byagabye ibitero ku Banyamulenge batuye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
Umuryango w’Abibumbye wongeye kugaragaza ko abatuye mu gace ka Gaza bugarijwe n’inzara ikomeye, iri gutuma benshi babura ubuzima mu gihe cyo kujya gushaka ibyo kurya biturutse mu muvundo no...
Komisiyo yo mu Nteko Ishinga Amategeko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahawe inshingano zo gukora iperereza ku kibazo cya Jeffrey Epstein washinjwe gusambanya abagore n’abakobwa no kubacuruza,...
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga mu Burusiya yatangaje ko Abadipolomate b’iki gihugu baherutse kwibasirwa n’abaturage ba Israel mu gace ka West Bank, bangiza imodoka yabo.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zigiye kujya zisaba abanyamahanga bo mu bihugu bimwe na bimwe gutanga ingwate ya 15.000$ kuri visa z’ubukerarugendo cyangwa se z’ubucuruzi.
Ubuyobozi bwa Mukura VS bwatangaje ko umwanya wo muri Stade ya Huye wicaragamo Mukanemeye Madeleine uzwi nka ‘Mama Mukura’ witabye Imana, nta muntu uzajya uwicaramo igihe iyi kipe yakiriye imikino.