skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

SIDA isya itanzitse mu basirikare b’u Burusiya bari mu ntambara muri Ukraine

Minisiteri y’Ingabo mu Burusiya yatangaje ko umubare w’abasirikare bandura agakoko gatera SIDA watumbagiye kuva muri Gashyantare 2022 ubwo batangiraga intambara muri Ukraine.
6 August 2025 Yasuwe: 897 0

Ideni ry’u Bufaransa ryiyongeraho 5000€ buri segonda

Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, François Bayrou, yasabye abaturage gushyigikira gahunda ye yo kugabanya amafaranga Leta isohora, ababurira ko ideni ry’igihugu ryiyongeraho ibihumbi 5€ buri...
6 August 2025 Yasuwe: 302 0

FDLR na FARDC byagabye ibitero ku Banyamulenge

Umutwe wa MRDP - Twirwaneho watangaje ko Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’umutwe wa FDLR byagabye ibitero ku Banyamulenge batuye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
6 August 2025 Yasuwe: 603 0

Abaminisitiri batatu ni bo basubiye muri Guverinoma y’u Burundi

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi ku wa 5 Nyakanga 2025 yaraye ashyizeho abagize Guverinoma nshya iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Nestor Ntahontuye, wasimbuye Lt Gen (Rtd) Gervais...
6 August 2025 Yasuwe: 603 0

Gaza: Loni yongeye gutanga umuburo ku nzara iri guca ibintu

Umuryango w’Abibumbye wongeye kugaragaza ko abatuye mu gace ka Gaza bugarijwe n’inzara ikomeye, iri gutuma benshi babura ubuzima mu gihe cyo kujya gushaka ibyo kurya biturutse mu muvundo no...
6 August 2025 Yasuwe: 133 0

Bill Clinton n’umugore we bahamagajwe n’Inteko kubera umubano bari bafitanye na Epstein

Komisiyo yo mu Nteko Ishinga Amategeko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahawe inshingano zo gukora iperereza ku kibazo cya Jeffrey Epstein washinjwe gusambanya abagore n’abakobwa no kubacuruza,...
6 August 2025 Yasuwe: 190 0

U Burusiya bwikomye Israel yarebereye abaturage bayo bahohotera abadipolomate babwo

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga mu Burusiya yatangaje ko Abadipolomate b’iki gihugu baherutse kwibasirwa n’abaturage ba Israel mu gace ka West Bank, bangiza imodoka yabo.
6 August 2025 Yasuwe: 196 0

Amerika igiye gutangira gusaba ingwate ku basaba visa

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zigiye kujya zisaba abanyamahanga bo mu bihugu bimwe na bimwe gutanga ingwate ya 15.000$ kuri visa z’ubukerarugendo cyangwa se z’ubucuruzi.
6 August 2025 Yasuwe: 199 0

Mukura VS yabitse burundu umwanya ‘Mama Mukura’ yicaragamo muri Stade ya Huye

Ubuyobozi bwa Mukura VS bwatangaje ko umwanya wo muri Stade ya Huye wicaragamo Mukanemeye Madeleine uzwi nka ‘Mama Mukura’ witabye Imana, nta muntu uzajya uwicaramo igihe iyi kipe yakiriye imikino.
5 August 2025 Yasuwe: 791 0

Trump yibasiye uruganda ’Jaguar’ rukora imodoka

Perezida Donald Trump yikomye uruganda rukora imodoka Jaguar Land Rover [JLR] nyuma y’uko rutangaje impinduka zikomeye mu buyobozi bwarwo, rugatangiza ubukangurambaga bushya bwo kwiyamamaza, no...
5 August 2025 Yasuwe: 484 0