Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse ko ubwato bubiri bufite intwaro kirimbuzi bwoherezwa ahantu h’ingenzi kubera amagambo yavuzwe na Dmitry Medvedev wayoboye u Burusiya...
Joe Biden wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuva mu 2021 kugeza mu 2025 yatangaje ko ahazaza h’iki gihugu hari mu marembera bitewe n’imiyoborere mibi ya Donald Trump.
Umunyamerika Kawhi Leonard wamamaye muri NBA yageze i Kigali, aho yitabiriye isozwa ry’Iserukiramuco rya Giants of Africa riri kubera mu Rwanda ku nshuro ya kabiri.
Umusore w’imyaka 35 wo mu Karere ka Rutsiro, afunzwe akekwaho kwica ateye icyuma mu mutima mugenzi we w’imyaka 42, afatirwa mu gihuru aho yarimo agerageza kwihisha.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano abayobozi bo muri Leta ya Palestine n’umuryango uharanira ubwigenge bwayo, zibashinja kurega Israel mu nzego mpuzamahanga.