Visi Perezida w’akanama k’u Burusiya gashinzwe umutekano, Dmitry Medvedev, yaburiye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wasabye igihugu cyabo kumvikana bwangu na Ukraine, avuga ko...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko nyuma yo kubona ko adashobora gukora siporo nk’uwabigize umwuga cyangwa ngo abe umucuruzi, yahisemo gushyigikira ababishoboye ku buryo bigirira...
Perezida Donald Trump yasabye ko umuhanzi Beyoncé akurikiranwaho kwakira indonke ya miliyoni 11 z’Amadolari kugira ngo ashyigikire kandidatire ya Kamala Harris bari bahatanye mu matora y’Umukuru...
Thailand na Cambodia bitabiriye ibiganiro by’amahoro biri kubera muri Malaysia, nyuma y’uko iminsi itanu ishize bari mu ntambara ibahanganishije ku mupaka ubahuza.
Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Bunia, Musenyeri Dieudonné Uringi, yafashe icyemezo cyo gufunga Kiliziya ya Paruwasi ya Saint Jean de Capistran iherereye muri teritwari ya Djugu mu Ntara ya Ituri...