Serivisi za internet ya Starlink itangwa na SpaceX ya Elon Musk zavuye ku murongo mu ijoro ryakeye, bituma abayikoresha hirya no hino ku Isi babura internet mu gihe cy’amasaha asaga abiri n’igice.
Juma Jux n’umugore we akaba n’umukinnyi wa filime w’Umunya-Nigeria Priscilla Ajoke Ojo, bagaragaje ko bitegura kwibaruka imfura yabo nyuma y’amezi make bakoze ubukwe.
Urukiko Rukuru rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa 25 Nyakanga 2025 ruratangira kuburanisha urubanza ruregwamo Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuva mu 2001...
Ubuyobozi bw’Umuryango Never Again Rwanda, bwatangaje ko mu bushakashatsi bakoze mu 2020 basanze Abanyarwanda 19,9% bahura n’ihohoterwa rishingiye ku moko mu gihe 19,2% bakorerwa ivangura...
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yavuze ko igihugu cyabo cyamaganye u Bufaransa bushaka kwemera Palestine nk’igihugu.
Yanga SC iri guteganya gukina na Rayon Sports FC mu mukino wa gicuti, yabonye umutoza mushya, Romain Folz, wahawe akazi nyuma y’uko iyi kipe yo muri Tanzania itandukanye na Miloud Hamdi.