skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Nyamasheke: Abarenga 3000 bagiye gufashwa kubona inzu zo kubamo

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke ku bufatanye n’abafatanyabikorwa batandukanye bwatangaje ko bugiye gufasha imiryango irenga 3000 kubona inzu zo kubamo.
28 July 2025 Yasuwe: 128 0

USA: Abantu 11 baterewe ibyuma mu iguriro

Abantu 11 bari mu iguriro muri Leta ya Michigan batewe ibyuma barakomereka, ukekwaho iki cyaha ahita atabwa muri yombi.
27 July 2025 Yasuwe: 479 0

Perezida Trump yasabye Cambodia na Thailand guhagarika imirwano

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yavuze ko yahamagaye abayobozi ba Cambodia na Thailand, abasaba guhita bahagarika imirwano imaze iminsi ibera ku mupaka.
27 July 2025 Yasuwe: 615 0

Nyarugenge: Umusore yafatanywe ibilo bine by’urumogi abivanye i Burera

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe umusore w’imyaka 18 afite ibilo bine by’urumogi yari avanye i Burera agiye kubigurisha mu Mujyi wa Kigali.
27 July 2025 Yasuwe: 474 0

Murumuna wa Museveni yavuze ko yacanye agatadowa, arara hasi, mukuru we ari Perezida

Aine Kaguta Sodo, umuvandimwe wa Perezida Yoweri Kaguta Museven yavuze ko mu buzima yabayeho yihigira imibereho, ndetse yakoze imirimo itandukanye agenda azamuka gake gake kugeza aho ari ubu.
27 July 2025 Yasuwe: 3454 0

Audia Intore yasabwe aranakobwa

Umuhanzi w’injyana gakondo, Audia Intore, yasabwe anakobwa n’umukunzi we bamaze igihe mu munyenga w’urukundo Cyiza Kelly.
26 July 2025 Yasuwe: 996 0

Nyagatare: Karangazi bajujubijwe n’ubujura bw’amatungo

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Karangazi Akarere ka Nyagatare bavuga ko babangamiwe cyane n’ababiba inka n’andi matungo bakayabaga bakagurisha inyama.
26 July 2025 Yasuwe: 652 0

Gaza: Hafi 30% by’abaturage bamara iminsi batariye

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa, PAM, ryatanze intambaza rigaragaza ko nibura umwe mu bantu batatu batuye mu gace ka Gaza amara iminsi batariye, mu gihe umubare w’abishwe n’inzara...
26 July 2025 Yasuwe: 309 0

Internet ya Starlink yakomye mu nkokora ibikorwa by’ingabo za Ukraine ziri ku rugamba

Igisirikare cya Ukraine cyatangaje ko kugenda kwa internet ya Starlink icuruzwa n’umushoramari Elon Musk, kwakomye mu nkokora itumanaho ry’abasirikare bahanganiye n’Abarusiya ku rugamba.
26 July 2025 Yasuwe: 704 0

Abanyarwanda baba muri Canada bamaganye umunyapolitiki wapfobeje Jenoside yakorewe Abatutsi

Imiryango y’Abanyarwanda batuye muri Canada, yamaganye Umunyapolitiki, Yves Engler, uri guhatanira umwanya wo kuyobora ishyaka rya NDP (New Democratic Party), wigeze gupfobya Jenoside avuga ko...
26 July 2025 Yasuwe: 1017 0