Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke ku bufatanye n’abafatanyabikorwa batandukanye bwatangaje ko bugiye gufasha imiryango irenga 3000 kubona inzu zo kubamo.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yavuze ko yahamagaye abayobozi ba Cambodia na Thailand, abasaba guhita bahagarika imirwano imaze iminsi ibera ku mupaka.
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Karangazi Akarere ka Nyagatare bavuga ko babangamiwe cyane n’ababiba inka n’andi matungo bakayabaga bakagurisha inyama.
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa, PAM, ryatanze intambaza rigaragaza ko nibura umwe mu bantu batatu batuye mu gace ka Gaza amara iminsi batariye, mu gihe umubare w’abishwe n’inzara...
Igisirikare cya Ukraine cyatangaje ko kugenda kwa internet ya Starlink icuruzwa n’umushoramari Elon Musk, kwakomye mu nkokora itumanaho ry’abasirikare bahanganiye n’Abarusiya ku rugamba.