skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Leta ya Uganda yafunze ‘General Isa’ wambuye abanyamahanga amamiliyari

Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyatangaje ko cyataye muri yombi umutekamutwe wiyise ‘General Isa’ wambuye abashoramari b’abanyamahanga amamiliyari y’Amashilingi.
30 July 2025 Yasuwe: 636 0

Hari kwibazwa byinshi ku mubano wa Katty Perry na Justin Trudeau

Abantu benshi bakomeje kwibaza ku mubano uri hagati ya Katty Perry na Justin Trudeau wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Canada nyuma yo kugaragara bahuje urugwiro basangira.
30 July 2025 Yasuwe: 372 0

U Buhinde bwahigitse u Bushinwa ku isoko rya telefoni zigezweho muri Amerika

U Buhinde bwahigitse u Bushinwa ku mwanya wa mbere w’ibihugu byohereje telefone zigezweho nyinshi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
30 July 2025 Yasuwe: 294 0

Minisitiri w’Intebe wa Qatar yifurije mugenzi w’u Rwanda imirimo myiza

Minisitiri w’Intebe akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Qatar, Sheikh Mohammed bin Abdulrahman bin Jassim al-Thani, yashimiye mugenzi we Dr. Justin Nsengiyumva uheruka kugirwa Minisiri...
30 July 2025 Yasuwe: 235 0

FARDC yabujije abasirikare bayo gutera AFC/M23

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyabujije abasirikare bacyo kugaba ibitero ku birindiro by’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bw’iki gihugu.
30 July 2025 Yasuwe: 2659 0

Kubura amazi mu gihugu byatewe n’igabanyuka ry’amazi ya Nyabarongo- Dr Gasore

Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yemeye ko mu Mpeshyi ya 2025, amazi yabuze bikabije hirya no hino mu gihugu, ariko icyo kibazo ngo cyatewe n’igabanyuka ry’amazi y’umugezi wa Nyabarongo kandi kigiye...
30 July 2025 Yasuwe: 383 0

Diddy ashobora guhabwa imbabazi na Trump

Diddy ashobora guhabwa imbabazi na Perezida Donald Trump, mbere y’uko akatirwa mu mpera z’uyu mwaka.
30 July 2025 Yasuwe: 412 0

Ibihugu byegereye inyanja ya Pacifique byasabwe kwitegura Tsunami nyuma y’umutingito ukaze mu Burusiya

Ibihugu bitandukanye bikora ku nyanja ya Pacifique, byasabwe kwitegura tsunami kubera umutingito uherutse kuba mu burasirazuba bw’u Burusiya.
30 July 2025 Yasuwe: 445 0

Umwuka mubi hagati ya Leta y’u Burundi n’abatwara abagenzi wahagaritse ingendo

Umwuka mubi hagati ya Leta y’u Burundi n’abatwara abagenzi mu buryo bwa rusange wahagaritse ingendo zihuza Umujyi wa Bujumbura n’ibice bitandukanye byo muri iki gihugu.
30 July 2025 Yasuwe: 414 0

Ntabwo tuzicara ngo turindire ko abantu baza gukora nk’ibyo bakoze mu 1994- Minisitiri Nduhungirehe

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rutazicara ngo rurindire ko abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi bongera gukora nk’ibyo bakoze mu 1994.
30 July 2025 Yasuwe: 470 0