Abantu benshi bakomeje kwibaza ku mubano uri hagati ya Katty Perry na Justin Trudeau wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Canada nyuma yo kugaragara bahuje urugwiro basangira.
Minisitiri w’Intebe akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Qatar, Sheikh Mohammed bin Abdulrahman bin Jassim al-Thani, yashimiye mugenzi we Dr. Justin Nsengiyumva uheruka kugirwa Minisiri...
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yemeye ko mu Mpeshyi ya 2025, amazi yabuze bikabije hirya no hino mu gihugu, ariko icyo kibazo ngo cyatewe n’igabanyuka ry’amazi y’umugezi wa Nyabarongo kandi kigiye...
Umwuka mubi hagati ya Leta y’u Burundi n’abatwara abagenzi mu buryo bwa rusange wahagaritse ingendo zihuza Umujyi wa Bujumbura n’ibice bitandukanye byo muri iki gihugu.