skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Ibibazo Trump afitanye na Afurika y’Epfo ntibizatuma yitabira inama ya ‘G20’

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko atazitabira inama ya ‘G20’ izabera muri Afurika y’Epfo kubera ibibazo afitanye n’iki gihugu.
31 July 2025 Yasuwe: 355 0

Israel yashinje u Bwongereza gushyigikira ibikorwa by’iterabwoba

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yashinje u Bwongereza "gushyigikira ibyihebe by’aba-jihadist," nyuma yuko icyo gihugu gitangaje ko gishobora kwemera Leta ya Palestine mu nama...
31 July 2025 Yasuwe: 323 0

Kenya: Abadepite ntibashaka ko abakora ‘betting’ bajya basheta ari munsi ya 500 Frw

Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Kenya basabye ko imyaka yo kwitabira imikino y’amahirwe izwi nka ‘betting’ izamurwa ikagezwa kuri 21, ndetse n’amafaranga abantu basheta ntajye munsi...
31 July 2025 Yasuwe: 232 0

Amasogisi Michael Jackson yambaye mu 1997 yagurishijwe asaga miliyoni 12 Frw

Amasogisi Michael Jackson yambaye mu gitaramo cyabereye mu Mujyi wa Nice mu Bufaransa mu 1997, yagurishijwe arenga 8000$ mu cyamunara.
31 July 2025 Yasuwe: 243 0

Mutamba yasabye ko Minisitiri w’Intebe ahamagazwa mu rubanza rwe

Constant Mutamba Tungunga wabaye Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye urukiko rusesa imanza guhamagaza Minisitiri w’Intebe, Judith Suminwa Tuluka, n’abandi...
31 July 2025 Yasuwe: 534 0

Indege ya gisirikare ya Navy F-35 ya Amerika yahiriye muri California

Indege ya Gisirikare yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yo mu bwoko bwa Navy F-35 yahiriye mu kirere hafi y’ikibuga cy’indege cya Naval Air Station Lemoore giherereye muri California.
31 July 2025 Yasuwe: 485 0

Rurangirwa na Ngendahayo basabye guhagarika kandidatire ya Shema Fabrice

Rurangirwa Louis na Ngendahayo Vedaste basanzwe mu bagize Komite Nyobozi ya FERWAFA, bandikiye Komisiyo y’Ubujurire y’Amatora basaba guhagarika kandidatire ya Shema Fabrice mbere y’uko yemezwa...
31 July 2025 Yasuwe: 241 0

U Rwanda rwemeje ba Ambasaderi ba Musiri Mali, Lesotho, Georgia, …

Guverinoma y’u Rwanda yemeje abahagarariye ibihugu n’Imiryango Mpuzamahanga mu Rwanda barimo abahagarariye ibihugu by’Afurika Misiri, Mali, Lesotho na Gambia, ndetse n’ibyo hanze yayo nka Mexico,...
31 July 2025 Yasuwe: 145 0

AFC/M23 yagaragaje uburyo Leta ya RDC ikomeje kurenga ku gahenge

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagaragaje ko bukomeje kurenga ku gahenge ka burundu impande zombi zemeranyijeho tariki ya 19 Nyakanga 2025.
31 July 2025 Yasuwe: 261 0

Perezida Xi w’u Bushinwa ashobora gusura Amerika mu guhosha intambara y’ubucuruzi

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko mbere y’uko umwaka wa 2025 urangira azagirira uruzinduko mu Bushinwa, ndetse na mugenzi we, Xi Jinping agasura Amerika.
31 July 2025 Yasuwe: 118 0