Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko atazitabira inama ya ‘G20’ izabera muri Afurika y’Epfo kubera ibibazo afitanye n’iki gihugu.
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yashinje u Bwongereza "gushyigikira ibyihebe by’aba-jihadist," nyuma yuko icyo gihugu gitangaje ko gishobora kwemera Leta ya Palestine mu nama...
Indege ya Gisirikare yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yo mu bwoko bwa Navy F-35 yahiriye mu kirere hafi y’ikibuga cy’indege cya Naval Air Station Lemoore giherereye muri California.
Rurangirwa Louis na Ngendahayo Vedaste basanzwe mu bagize Komite Nyobozi ya FERWAFA, bandikiye Komisiyo y’Ubujurire y’Amatora basaba guhagarika kandidatire ya Shema Fabrice mbere y’uko yemezwa...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko mbere y’uko umwaka wa 2025 urangira azagirira uruzinduko mu Bushinwa, ndetse na mugenzi we, Xi Jinping agasura Amerika.