Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yashinje Barack Obama na we wigeze kuyobora iki gihugu, icyaha cy’ubugambanyi, avuga ko yagize uruhare mu kwiba amajwi mu matora.
John Michael “Ozzy” Osbourne, umuhanzi w’Umwongereza wamenyekanye cyane mu njyana ya heavy metal, yitabye Imana ku wa 22 Nyakanga 2025, afite imyaka 76, nk’uko byatangajwe n’umuryango we.
Umuhanzi w’icyamamare wo muri Canada, Justin Bieber, yaciye uduhigo twinshi ku ndirimbo zigezweho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuri Billboard Hot 100 na Billboard 200 zose zikaba ziri mu...
Sosiyete zirenga 200 zo mu nzego zitandukanye mu Bushinwa, zigiye kwitabira gahunda ya “Meet Rwanda in China” izabera mu Mujyi wa Wuhan hagati ya tariki ya 1 n’iya 2 Kanama 2025.
Ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump bwashyize hanze dosiye igizwe na paji ibihumbi 240 zerekeye urupfu rwa Martin Luther King Jr., wamamaye mu rugamba rwo kurwanya ivangura muri Leta Zunze Ubumwe...
David Adedeji Adeleke wamamaye nka Davido uri mu rugendo rw’ibitaramo by’uruhererekane bizenguruka Isi aho ari kumvisha abakunzi be album ye nshya yise ‘5Ive’, ageze kure ibiganiro byo gutaramira...
Ibintu bikomeje gufata indi ntera hagati ya Producer Li John na Nirere Afsa uzwi nka Fifi wahoze ari umugore wa Jay Polly bakanabyarana umwana w’umukobwa. Aba bombi bari gupfa indirimbo bivugwa ko...