Umunyemari w’umunya-Tanzania, Saidi Lugumi, umaze igihe avugwaho umubano udasanzwe na Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2016, yatangaje ko ari mu myiteguro yo kuza i Kigali, asiga ku...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yongeye gusaba guhura na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, avuga ko ari yo nzira yonyine ishobora kugeza ku mahoro arambye.
Puerto Rico yemeje itegeko rikumira ibikorwa byo kwihinduza igitsina no gufata imiti ihindura imisemburo ku bantu bari munsi y’imyaka 21, rikazatangira kubahirizwa mu Ukwakira 2025.
Abaturage babiri bo mu Karere ka Nyamasheke batwitswe na bagenzi babo babakekaho kwiba 420 000 Frw, umukozi wo mu rugo yibwemo utari mu batwitswe aza kwiyemera ko ariwe wayibye.