Umujyi wa Kigali watangaje ko ugiye kwimurira ibikorwa by’ububaji n’ibindi bigo byari bisanzwe bikorera mu Gakiriro ka Gisozi, mu cyanya cyahariwe inganda i Masoro (Special Economic Zone).
Umunya-Côte d’Ivoire, Kolo Touré, yazamuwe mu nshingano, ava ku kuba Umutoza w’Ikipe y’Abatarengeje imyaka 18 muri Manchester City, agirwa umutoza wungirije mu ikipe ya mbere itozwa na Pep Guardiola.
Umukobwa wiga ku Rwunge rw’Amashuri rwa Rwikiniro, ishuri riherereye mu Murenge wa Rwimbogo mu Karere ka Gatsibo, yakoze ikizamini cya Literature in English, abonye ko ibyo yabajijwe atabizi...
Bamwe mu baturage batuye muri santere y’ubucuruzi ya Gasyata, iherereye mu Murenge wa Rwaza mu Karere ka Musanze, bavuga ko babangamiwe n’inzoga z’inkorano zirimo izitwa Rukwirumwe na Nzogejo, aho...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) rwatangiye iperereza ku birego by’imitangire mibi ya serivisi, bivugwa muri hoteli Château Le Marara iherereye mu Karere ka Karongi.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, ari mu ruzinduko rw’akazi i Ndjamena muri Tchad kuva ku wa 15 Nyakanga 2025 aho biteganyijwe ko anakirwa na...