Sosiyete ikora ibikoresho by’ikoranabuhanga ya Apple, yatangaje ko igiye gushora miliyoni 500$ mu gucukura no gutunganya amabuye akoreshwa mu bikoresho byayo muri leta Zunze Ubumwe za Amerika, muri...
Thomas Lubanga washinzwe umutwe witwaje intwaro wa FRP (Force pour la révolution populaire) urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashimangiye ko Perezida Félix...
Itsinda rishyigikiye Gen Moses Ali w’imyaka 86, uri kwiyamamariza kongera kuba umudepite uhagarariye agace ka Adjumani y’Iburengerazuba, ryamaganye abamunenga bavuga ko ashaje bityo akwiye kuva...
Isiraheli yatangaje ko ingabo zayo zagabye igitero ku cyicaro gikuru cya Minisiteri y’ingabo muri Syria biri mu murwa mukuru Damascus mu rwego rwo kurengera abo mu bwoko bw’Abadruze, ivuga ko...