skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

AMAFOTO: Uko byari byifashe mu Nama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatatu

Ku wa Gatatu, tariki 16 Nyakanga 2025, muri Village Urugwiro hateranye Inama y’Abaminisitiri yemerejwemo umushinga w’itegeko ryemera kwemeza burundu Amasezerano y’Amahoro hagati ya Repubulika...
17 July 2025 Yasuwe: 1568 0

Abacunga umutekano ku bibuga batangiye guhugurirwa kunoza umurimo wabo

Abakozi b’ikigo gitanga ubwirinzi n’umutekano ku bibuga by’imikino n’ahandi habera ibitaramo mu Rwanda, Tiger Gate S, batangiye amahugurwa agamije kubazamurira ubushobozi no kunoza akazi kabo.
17 July 2025 Yasuwe: 241 0

Apple igiye gushora miliyoni 500$ mu gucukura amabuye akoreshwa mu bikoresho byayo

Sosiyete ikora ibikoresho by’ikoranabuhanga ya Apple, yatangaje ko igiye gushora miliyoni 500$ mu gucukura no gutunganya amabuye akoreshwa mu bikoresho byayo muri leta Zunze Ubumwe za Amerika, muri...
17 July 2025 Yasuwe: 305 0

Inama y’Abaminisitiri yahaye umugisha amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC

Inama yateranye kuri uyu wa 16 Nyakanga 2025 muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida Kagame, yemeje umushinga w’itegeko ryemera kwemeza burundu Amasezerano y’Amahoro hagati ya Repubulika...
17 July 2025 Yasuwe: 469 0

Kampala: Lubanga yashimangiye ko Tshisekedi agomba gukurwa ku butegetsi

Thomas Lubanga washinzwe umutwe witwaje intwaro wa FRP (Force pour la révolution populaire) urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashimangiye ko Perezida Félix...
16 July 2025 Yasuwe: 672 0

Uganda: Gen Moses Ali yamaganye abavuga ko akwiye kuva muri politiki kuko ashaje

Itsinda rishyigikiye Gen Moses Ali w’imyaka 86, uri kwiyamamariza kongera kuba umudepite uhagarariye agace ka Adjumani y’Iburengerazuba, ryamaganye abamunenga bavuga ko ashaje bityo akwiye kuva...
16 July 2025 Yasuwe: 455 0

Abakobwa ba P’ Diddy basobanuye izina ry’inzu yabo y’imideli

Abakobwa b’umuraperi P’Dddy b’impanga, basobanuye icyo bashingiyeho bita inzu yabo y’imideli ‘12TWINTY1’ baherutse gufungura, n’icyo iryo zina risobanuye.
16 July 2025 Yasuwe: 519 0

Isiraheli yagabye igitero gikomeye muri Syria

Isiraheli yatangaje ko ingabo zayo zagabye igitero ku cyicaro gikuru cya Minisiteri y’ingabo muri Syria biri mu murwa mukuru Damascus mu rwego rwo kurengera abo mu bwoko bw’Abadruze, ivuga ko...
16 July 2025 Yasuwe: 926 0

Salongo yakatiwe gufungwa imyaka itatu

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo ruherutse guhamya Rurangirwa Wilson wamenyekanye nka Salongo, icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya ahanishwa igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu...
16 July 2025 Yasuwe: 788 0

Min. Nduhungirehe yashyikirije Perezida wa Tchad Déby ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Nduhungirehe Olivier yashyikirije Perezida wa Repubulika ya Tchad, Maréchal Mahamat Idriss Déby Itno, ubutumwa bwihariye bwa Perezida...
16 July 2025 Yasuwe: 377 0