Umukinnyi wa filime Wema Isaac Sepetu wabaye Nyampinga wa Tanzania mu 2006, yagaragaje ko yatunguwe no kubona mu itangazamakuru ritandukanye mu gihugu cye bavuga ko yitabye Imana.
Rutahizamu wa FC Barcelone, Lamine Yamal, yashinjwe gutesha agaciro abafite ubumuga, nyuma yo kwishyura abafite ubumuga bw’ubugufi ngo abifashishe yishimisha mu birori by’isabukuru ye.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakoze impinduka mu mitangire ya visa zihabwa Abanya-Uganda, aho yagabanyije igihe zamaraga kiva ku myaka ibiri kigera ku minsi 90 gusa.
Ncuti Mizero Gatwa yagaragaje ko yavuye muri filime y’uruhererekane ya BBC, yiswe ‘Doctor Who’ kubera kunanirwa, abajijwe ku byo kuba yayisubiramo agaragaza ko ku Isi ibintu byose bishoboka cyane.
Abantu bataramenyekana bibye Ibendera ry’Igihugu ryari ku Biro by’Akagari ka Ruhingo mu Murenge wa Gihango, mu Karere ka Rutsiro.
Amakuru dukesha IGIHE ni uko ubu bujura bwamenyekanye mu gitondo...
Mu mujyi wa Beni wimuriwemo by’agateganyo ibiro by’intara ya Kivu y’Amajyaruguru habereyemo imyigaragambyo y’abana n’abagore b’abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bapfiriye ku...
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yahagaritse by’agateganyo Minisitiri ufite Polisi mu nshingano, Senzo Mchunu, kubera ko akekwaho gukorana n’udutsiko tw’abagizi ba nabi agamije inyungu...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko azoherereza Ukraine izindi ntwaro zo mu bwoko bwa Patriots kugira ngo ziyifashe gukumira ibitero by’u Burusiya.