skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Haruna Ferouz yagizwe Umutoza Wungirije wa Rayon Sports

Umurundi Haruna Ferouz wabaye Umutoza wa Vital’o y’i Bujumbura, yagizwe Umutoza Wungirije wa Rayon Sports yitegura gukina imikino Nyafurika ya CAF Confederation Cup.
15 July 2025 Yasuwe: 259 0

Wema Sepetu yatunguwe n’inkuru zimubika

Umukinnyi wa filime Wema Isaac Sepetu wabaye Nyampinga wa Tanzania mu 2006, yagaragaje ko yatunguwe no kubona mu itangazamakuru ritandukanye mu gihugu cye bavuga ko yitabye Imana.
15 July 2025 Yasuwe: 182 0

Lamine Yamal yashinjwe gutesha agaciro abafite ubumuga

Rutahizamu wa FC Barcelone, Lamine Yamal, yashinjwe gutesha agaciro abafite ubumuga, nyuma yo kwishyura abafite ubumuga bw’ubugufi ngo abifashishe yishimisha mu birori by’isabukuru ye.
14 July 2025 Yasuwe: 392 0

Amerika yagabanyije igihe Abanya-Uganda bemerewe kumara ku butaka bwayo

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakoze impinduka mu mitangire ya visa zihabwa Abanya-Uganda, aho yagabanyije igihe zamaraga kiva ku myaka ibiri kigera ku minsi 90 gusa.
14 July 2025 Yasuwe: 415 0

Igisubizo cya Ncuti Gatwa ku kongera kugaragara muri ‘Doctor Who’

Ncuti Mizero Gatwa yagaragaje ko yavuye muri filime y’uruhererekane ya BBC, yiswe ‘Doctor Who’ kubera kunanirwa, abajijwe ku byo kuba yayisubiramo agaragaza ko ku Isi ibintu byose bishoboka cyane.
14 July 2025 Yasuwe: 269 0

Rutsiro: Ibendera ry’Igihugu ryari ku biro by’Akagari ryibwe

Abantu bataramenyekana bibye Ibendera ry’Igihugu ryari ku Biro by’Akagari ka Ruhingo mu Murenge wa Gihango, mu Karere ka Rutsiro. Amakuru dukesha IGIHE ni uko ubu bujura bwamenyekanye mu gitondo...
14 July 2025 Yasuwe: 641 0

Abana n’abagore b’ingabo za RDC zapfiriye ku rugamba, bigaragambije

Mu mujyi wa Beni wimuriwemo by’agateganyo ibiro by’intara ya Kivu y’Amajyaruguru habereyemo imyigaragambyo y’abana n’abagore b’abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bapfiriye ku...
14 July 2025 Yasuwe: 625 0

Perezida Ramaphosa yahagaritse Minisitiri ukekwaho gukorana n’udutsiko tw’abagizi ba nabi

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yahagaritse by’agateganyo Minisitiri ufite Polisi mu nshingano, Senzo Mchunu, kubera ko akekwaho gukorana n’udutsiko tw’abagizi ba nabi agamije inyungu...
14 July 2025 Yasuwe: 276 0

Trump yijeje Ukraine kuyoherereza intwaro za ’Patriots’ zo gukumira ibitero by’u Burusiya

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko azoherereza Ukraine izindi ntwaro zo mu bwoko bwa Patriots kugira ngo ziyifashe gukumira ibitero by’u Burusiya.
14 July 2025 Yasuwe: 434 0

Abaganga ba Korea bishimiye kongera ubumenyi bwo kubaga mu Rwanda

Abaganga b’impuguke mu kubaga indwara zitandukanye n’abaforomo bamaze iminsi mu ruzinduko rw’ubuvuzi mu Rwanda, bishimiye umusanzu batanze mu buvuzi rusange mu Rwanda binyuze muri serivisi batanze...
14 July 2025 Yasuwe: 510 0