skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

USA: Abahinga urumogi muri California bakozwemo umukwabu

Urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwakoze umukwabu mu bahinzi b’urumogi bo muri California rufunga umuhanda mu gace k’ubuhinzi ka Camarillo bituma benshi...
11 July 2025 Yasuwe: 166 0

Gisagara irashinjwa gutanga amasoko ya miliyari 2 Frw binyuranyije n’amategeko

Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikira imikoreshereze y’Umutungo n’imari bya Leta (PAC) banenze Akarere ka Gisagara kuba karatanze amasoko afite agaciro k’asaga miliyari zisaga 2...
10 July 2025 Yasuwe: 523 0

YouTube yahagurukiye abashaka kuyisaruraho amafaranga batavunitse

Urubuga rwa YouTube rwatangaje ko abari basanzwe batambutsa ’video’ zakozwe hifashishijwe ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano (AI) mu majwi n’amashusho, ariko batabihaye umwihariko n’umwimerere,...
10 July 2025 Yasuwe: 485 0

Mozambique: Abanyarwanda bizihije Umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 31

Abanyarwanda batuye muri Mozambique bizihije Umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 31, mu gikorwa cyitabiriwe n’abarenga 300, barimo abayobozi mu nzego za Leta ya Mozambique, abahagaririye ibihugu byabo...
10 July 2025 Yasuwe: 169 0

Grok ya Musk ikomeje kwibazwaho nyuma yo gutanga ibisubizo bihembera urwango

Porogaramu y’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano ya Elon Musk, izwi nka Grok ikomeje kwibazwaho cyane nyuma y’uko yagiye itanga ibisubizo bitajyanye n’ibyabajijwe ndetse rimwe na rimwe bikaba...
10 July 2025 Yasuwe: 249 0

Mu Rwanda havumbuwe ’lithium’ ya mbere nziza

Ikigo gikora imirimo ijyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Aterian PLC, cyatangaje ko ubushakashatsi bw’ibanze cyakoze, bwagaragaje ko mu Rwanda hari amabuye ya ‘Lithium’ ya mbere meza
10 July 2025 Yasuwe: 643 0

Trump yasebeje abakuru b’ibihugu bya Afurika yakiriye i Washington

Ku wa 9 Nyakanga 2025, Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiriye Perezida wa Liberia, uwa Gabon, Mauritania, Sénégal na Guinée Bissau, bagirana ikiganiro cyibanze ku bufatanye...
10 July 2025 Yasuwe: 1303 0

Buzaba butuje kandi bworoheje – Blanco avuga ku bukwe bwe na Selena Gomez

Umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo w’Umunyamerika, Benny Blanco, yahishuye uko yiteguye ubukwe bwe n’umukunzi we, Selena Gomez, avuga ko buzaba bworoshye, butuje ariko bushimishije.
10 July 2025 Yasuwe: 163 0

Ingabire Victoire akureyo amaso ku munyamategeko w’umunyamahanga ashaka ko amwunganira?

Ingabire Victoire Umuhoza ukurikiranyweho ibyaha birimo kurema umutwe w’abagizi ba nabi no gutegura ibikorwa bigamije gukurura imvururu muri rubanda, ku wa 8 Nyakanga 2025 yagejejwe imbere...
10 July 2025 Yasuwe: 505 0

OpenAI igiye gushyira hanze ’browser’ izahangana na ‘Google Chrome’

Ikigo cy’ikoranabuhanga cya OpenAI mu minsi iri imbere gishobora gushyira hanze porogaramu izajya ikoreshwa mu gushakisha ibintu kuri internet, yitezweho guhangana ku isoko na ‘Google Chrome’.
10 July 2025 Yasuwe: 92 0