Urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwakoze umukwabu mu bahinzi b’urumogi bo muri California rufunga umuhanda mu gace k’ubuhinzi ka Camarillo bituma benshi...
Abanyarwanda batuye muri Mozambique bizihije Umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 31, mu gikorwa cyitabiriwe n’abarenga 300, barimo abayobozi mu nzego za Leta ya Mozambique, abahagaririye ibihugu byabo...
Ikigo gikora imirimo ijyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Aterian PLC, cyatangaje ko ubushakashatsi bw’ibanze cyakoze, bwagaragaje ko mu Rwanda hari amabuye ya ‘Lithium’ ya mbere meza
Ku wa 9 Nyakanga 2025, Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiriye Perezida wa Liberia, uwa Gabon, Mauritania, Sénégal na Guinée Bissau, bagirana ikiganiro cyibanze ku bufatanye...
Ikigo cy’ikoranabuhanga cya OpenAI mu minsi iri imbere gishobora gushyira hanze porogaramu izajya ikoreshwa mu gushakisha ibintu kuri internet, yitezweho guhangana ku isoko na ‘Google Chrome’.