Perezida wa Brésil, Inacio Lula da Silva, yaburiye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko ikwiriye guhagarika kwitwara nk’ubwami buyoboye Isi, ahubwo igatangira kubaha ubusugire bw’ibindi bihugu.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ko tariki ya 30 Kanama 2025, ari bwo hateganyijwe amatora ya komite nshya izasimbura iyoboye manda y’inzibacyuho.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye kizakomeza kohereza intwaro muri Ukraine, nubwo Minisiteri y’Ingabo yari iherutse guhagarika zimwe mu ngendo z’izo...
Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ikoranabuhanga mu itumanaho n’isakazabumenyi (RISA), Innocent Muhizi, yatangaje ko muri gahunda yo kwishyuza ikigo kibereyemo Leta umwenda wa miliyari 2,9 Frw...