Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yatangaje ko u Burusiya bwagabye ku mijyi itandukanye y’igihugu cye igitero cya drones 728 na misile 13 z’ubwoko butandukanye.
Umuturage witwa Nzabanita Innocent, araririra mu myotsi nyuma y’uko ahangayikishijwe n’abayobozi bamuhagarika gukora mu mirima ye kubera amakimbirane afitanye n’umugore we wamutaye mu gihe cy’amezi...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko azitabira umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe uzabera muri Leta ya New Jersey ku wa 13 Nyakanga 2025.