Ubucukumbuzi bwakozwe n’umuryango Global Witness bwagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ibindi bihugu bikennye 10, byishyuye abantu bakorana bya hafi na Perezida Donald Trump wa...
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), Gen Maj (Rtd) Albert Murasira, yashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa inzu zigiye kubakirwa imiryango 870 yo mu Karere ka Rubavu yasenywe n’ibiza byo muri...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyizeho imisoro ya 35% ku bicuruzwa biva muri Canada, ndetse avuga ko ashobora no gushyiraho imisoro ku bicuruzwa byose biva mu mahanga...
Hashize iminsi mike ahitwa Mishipo muri Teritwari ya Walikale mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri DRC hadutse abantu babarirwa mu ijana bayobowe n’uwitwa Mudayonga bivugwa ko bakorana na FDLR...
Umugabo w’imyaka 23 wo mu Budage, Leon Otremba, yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ze urugendo rwo kongeresha uburere bwe, avuga ko nubwo byamuteye uburibwe bukabije atabyicuza kuko...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryashimiye Perezida Kagame ku ruhare yagaragaje mu gukumira no guhangana n’ibyorezo byugariza Isi.