Umusore w’imyaka 26 wo mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Remera, yimanitse mu mugozi arapfa, bikekwa ko byatewe no gufuhira umukobwa bakundanaga kuko yari amaze iminsi amwambuye telefone ye, ariwe...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje ko yizeye guhura na Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gisagara bwatangaje ko buhangayikishijwe n’imyitwarire ya bamwe mu rubyiruko bishora mu biyobyabwenge bakajyanwa Iwawa abandi bakagwa mu bishuko bibakururira gutwara inda...
Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry yaburiye abagifite ingengabitekerezo ya Jenoside, abibutsa ko batazemererwa kuyikwirakwiza mu bandi Banyarwanda.
Mu gihe hakomeje kuba Igikombe cya Afurika cy’Abagore kuva tariki ya 5 kugeza ku ya 26 Nyakanga 2025 muri Maroc, Algérie yongeye kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga kubera uburyo idacana uwaka n’iki...
Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yatangaje ko u Burusiya bwagabye ku mijyi itandukanye y’igihugu cye igitero cya drones 728 na misile 13 z’ubwoko butandukanye.