Ingengo y’imari ishorwa mu gisirikare cy’u Burundi (FDNB) yagabanyutseho miliyoni 3,66 z’Amadolari ya Amerika mu 2024 ugereranyije n’umwaka wabanje, biturutse ahanini ku ihungabana ry’ubukungu...
Ndungutse Balthazar ni umusaza w’imyaka 74 utuye mu Murenge wa Gatsibo mu Karere ka Gatsibo mu burasirazuba bw’igihugu. Avuga ko mu buzima bwe atigeze akora imibonano mpuzabitsina, nta mugore...
Ibitero by’Ingabo za Israel muri Gaza byahitanye abantu 32, ku wa 13 Nyakanga 2025, bituma Abanya-Palestine bishwe muri iyi ntambara kuva itangiye barenga gato ibihumbi 58, ndetse intambara...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yagaragaraje ko nubwo u Rwanda rwateye intambwe ikomeye mu kurwanya Virusi itera Sida, iyi ndwara ikiri ikibazo ku buzima bwa muntu, kandi ikomeje...
Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yavuze ko abakinnyi izatandukana na bo biganjemo abanyamahanga kuko benshi bari abo kuzuza umubare kandi banahembwa amafaranga menshi.
Sena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko kuraswa kwa Donald Trump ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza kwaturutse ku burangare, isaba ko ubutaha hazajya habaho ibihano ku bashinzwe kurinda...