skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Ihurizo mu kwishyuza miliyari 2,9 Frw za mudasobwa za ‘Positivo BGH’ zahawe abanyeshuri

Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ikoranabuhanga mu itumanaho n’isakazabumenyi (RISA), Innocent Muhizi, yatangaje ko muri gahunda yo kwishyuza ikigo kibereyemo Leta umwenda wa miliyari 2,9 Frw...
8 July 2025 Yasuwe: 148 0

Rutsiro: Umusaza wari wugamye imvura yakubiswe n’inkuba arapfa

Umusaza witwa Hitimana Aloys wo mu Karere ka Rutsiro wari wugamye imvura yakubiswe n’inkuba arapfa.
8 July 2025 Yasuwe: 184 0

Gisagara: Bishimira ibikorwaremezo arenga miliyari 1 Frw bahawe mu kwibohora

Abatuye mu Karere ka Gisagara bishimiye Umunsi Mukuru wo Kwibohora k’u Rwanda, bawuhuza no gutaha ibikorwaremezo bubakiwe bifite agaciro k’asaga miliyari 1 Frw.
8 July 2025 Yasuwe: 139 0

David Okoce na Ndayishimiye Barthazar batoranyijwe muri Bayern Munich U19

Ndayishimiye Balthazar na David Okoce bari mu bakinnyi batoranyijwe na Bayern Munich yo mu Budage, nk’abazahagararira ikipe yayo y’abatarengeje imyaka 19.
8 July 2025 Yasuwe: 279 0

Loni ishimangira ko abarwanyi ba FDLR biyongereye

Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye zishimangira ko abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biyongereye kuko wakomeje kwinjiza abashya.
7 July 2025 Yasuwe: 655 0

Netanyahu agiye gusura Amerika nyuma y’intambara ya Israel na Iran

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, agiye guhura na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, nyuma y’ibyumweru bibiri ibihugu byombi bigabye ibitero kuri Iran.
7 July 2025 Yasuwe: 250 0

Trump yaburiye Elon Musk ko ari kurenga igaruriro

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ibikorwa bya Elon Musk bigaragaza ko ashobora kurenga igaruriro.
7 July 2025 Yasuwe: 444 0

Burera: Ibura ry’amazi ryatumye ijerekani igura 300 Frw

Abaturage bo mu Mirenge ya Rugarama, Cyanika na Gahunga mu Karere ka Burera, barataka bavuga ko babangamiwe n’ibura ry’amazi ryatumye kuri ubu ijerekani imwe igeze ku mafaranga y’u Rwanda 300.
7 July 2025 Yasuwe: 220 0

Didier Domi wakiniye PSG yunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi

Ku munsi wa mbere w’uruzinduko ari kugirira mu Rwanda, Didier Domi wakiniye Paris Saint Germain nka myugariro, yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, yunamira inzirakarengane zishwe muri...
7 July 2025 Yasuwe: 167 0

Ruger yatangaje ko gukunda umuziki byatumaga yiba amafaranga iwabo akajya mu bitaramo

Umuhanzi wo muri Nigeria Ruger, yatangaje ko yatangiye gukunda umuziki akiri muto, ku buryo yibaga amafaranga iwabo kugira ngo ajye mu bitaramo.
7 July 2025 Yasuwe: 171 0