skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Abantu 64 bamaze gusimburizwa impyiko bikorewe mu Rwanda

Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal bikorera i Kigali byatangaje ko kuva muri Gicurasi 2023 bitangije ubuvuzi bwo gusimburiza impyiko abazirwaye, kuri ubu abagera kuri 64 bamaze guhabwa iyo serivisi.
6 July 2025 Yasuwe: 537 0

Koreya y’Epfo igiye guha abaturage bayo amafaranga y’ubuntu

Ubuyobozi bwa Koreya y’Epfo bwatangaje ko bugiye guha abaturage bose b’icyo gihugu amafaranga y’ubuntu, agamije gufasha mu kuzamura ubukungu binyuze mu kongerera abaturage ubushobozi bwo kugura...
6 July 2025 Yasuwe: 984 0

Ntabwo ninjira iwanjye nka Minisitiri, ninjira nk’umugore, nka mama w’abana- Uwimana Consolée

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée, yatangaje ko guhuza inshingano z’akazi n’iz’urugo ari ibintu byoroshye mu gihe uzikora yahaye umwanya ikigezweho kandi...
6 July 2025 Yasuwe: 770 0

Abantu bongeye kwemererwa koga mu Mugezi wa Seine nyuma y’imyaka 100

Umugezi wa Seine wo mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa wongeye kwemererwa kwakira abantu bifuza koga, biba inshuro ya mbere kuva mu 1923 nyuma yo guhagarikwa imyaka 100.
6 July 2025 Yasuwe: 641 0

Umwenda wa Amerika wageze kuri miliyari ibihumbi 37$

Ingengo y’imari nshya ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika igiye gutuma amadeni iki gihugu gifite yiyongeraho nibura miliyari ibihumbi bitatu z’amadolari, bitume ingano y’amadeni yose agera kuri...
5 July 2025 Yasuwe: 701 0

Kwibohora ntibyari bigamije kwigobotora ingoma y’igitugu gusa - Amb Maj. Gen (Rtd) Karamba

Ambasaderi w’u Rwanda muri Ethiopia, Maj Gen (Rtd) Charles Karamba, yagaragaje ko kwibohora bitakozwe gusa hagamijwe kwibohora ubutegetsi bw’igitugu, ahubwo byari bigamije no kubaka u Rwanda...
5 July 2025 Yasuwe: 481 0

Bruce Melodie yasabye imbabazi ku bwo kudataramira i Rubavu

Nyuma yo kudataramira i Rubavu mu gitaramo Toxic Xperience, Bruce Melodie yasabye imbabazi abafana bari baje kumushyigikira kubera ikibazo cy’umuriro.
5 July 2025 Yasuwe: 483 0

APR FC igiye gusinyisha rutahizamu ukomoka muri Cote d’Ivoire wakinaga i Burayi

Ikipe ya APR FC yamaze kumvikana na rutahizamu mushya ukomoka muri Cote d’Ivoire witwa William Togui aho byitezwe ko ayisinyira amasezerano y’imyaka ibiri.
5 July 2025 Yasuwe: 738 0

Lewis Hamilton yagaragaye afashe ku nda y’Umunyarwandakazi Naomi Schiff ukuriwe

Lewis Hamilton ufite amateka akomeye mu mukino wa Formula 1, yagaragaye afashe ku nda y’Umunyarwandakazi, Naomi Schiff, umenyerewe mu mukino wo gusiganwa mu modoka ndetse no kuwusesengura...
4 July 2025 Yasuwe: 1326 0

Dushobora kugenda ibilometero 2000 turwana - Kagame aburira abahigira gutera u Rwanda

Perezida Kagame yaburiye umuntu wese wigamba ko azatera u Rwanda, avuga ko rushobora kuba rudafite ubushobozi nk’ubwe mu bikoresho ariko rufite ubushobozi bwo kumusanga aho ari rukamurwanya.
4 July 2025 Yasuwe: 982 0