skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Burundi: Abatavugarumwe na Leta biyemeje gufata intwaro bagahirika ubutegetsi bwa CNDD-FDD

Bamwe mu mpunzi z’ Abarundi barimo n’abanyapolitiki bakomeye mu Burundi bahungiye mu Bubiligi batangaje ko bagiye kurwanya ubutegetsi bw’i gihugu cyabo buyobowe n’ishyaka rya CNDD-FDD bakoresheje...
2 July 2025 Yasuwe: 365 0

Trump ari gutekereza kwirukana Elon Musk muri Amerika

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ubutegetsi bwe buzareba niba bwakwirukana umuherwe Elon Musk ufite ibigo bikomeye birimo Tesla, Space X na X nyuma y’aho bagiranye...
2 July 2025 Yasuwe: 251 0

Freddy Kaniki wa AFC yagizwe Perezida wa Twirwaneho

Freddy Kaniki Rukema usanzwe ari Visi Perezida w’ihuriro AFC rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ushinzwe ubukungu n’imari, yagizwe Perezida w’umutwe witwaje intwaro wa...
2 July 2025 Yasuwe: 522 0

RGB yagaragaje ishusho y’imitangire ya serivisi mu myaka 31 u Rwanda rwibohoye

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, rwatangaje ko mu myaka 31 ishize u Rwanda rwibohoye, imitangire ya serivisi yihuse cyane kuko hashyizweho uburyo bw’ikoranabuhanga n’ubuyobozi bukegerezwa...
2 July 2025 Yasuwe: 204 0

Syria yakuriweho ibihano by’ubukungu na Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasinye iteka rigamije gukuraho ibihano by’ubukungu byari bimaze imyaka myinshi byarashyiriweho Syria.
2 July 2025 Yasuwe: 291 0

Ben Moussa watoje APR FC yasinye nk’umutoza mushya wa Police FC

Kuri uyu wa Kabiri, Umunya-Tunusia Ben Moussa El Kebil Abdessattar yasinyiye ikipe ya Police FC nk’umutoza wayo mushya asimbuye Mashami Vincent uheruka gusoza amasezerano.
1 July 2025 Yasuwe: 388 0

Thailand: Minisitiri w’Intebe yegujwe azira guca bugufi

Urukiko rwa Thailand rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga kuri uyu wa 1 Nyakanga 2025 rweguje Minisitiri w’Intebe, Paetongtarn Shinawatra, nyuma y’aho yumvikanye aca bugufi imbere ya Perezida wa...
1 July 2025 Yasuwe: 748 0

Umuhungu wa Trump ahamya ko kujya ku butegetsi byamworohera

Umuhungu wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Eric Trump, yatangaje ko kujya ku butegetsi bw’iki gihugu byamworohera kuko yabanjirijwe n’umubyeyi.
1 July 2025 Yasuwe: 733 0

RDC: Ubutabazi bwagenerwaga abasambanyijwe bwahagaritswe

Ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwahagaritse amasezerano bwari bufitanye n’ikigo cyari gishinzwe kohereza ibikoresho by’ubutabazi abasambanyijwe mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...
1 July 2025 Yasuwe: 351 0

U Rwanda ruyoboye ibihugu bitekanye muri Afurika mu 2025

U Rwanda ruri ku isonga mu bihugu bifite umutekano usesuye muri Afurika, nk’uko byagaragajwe n’ubushakashatsi bwa Numbeo bwasohowe hagati mu mwaka wa 2025. Rwaje ku mwanya wa mbere ku mugabane...
1 July 2025 Yasuwe: 873 0