Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ubutegetsi bwe buzareba niba bwakwirukana umuherwe Elon Musk ufite ibigo bikomeye birimo Tesla, Space X na X nyuma y’aho bagiranye...
Kuri uyu wa Kabiri, Umunya-Tunusia Ben Moussa El Kebil Abdessattar yasinyiye ikipe ya Police FC nk’umutoza wayo mushya asimbuye Mashami Vincent uheruka gusoza amasezerano.
Umuhungu wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Eric Trump, yatangaje ko kujya ku butegetsi bw’iki gihugu byamworohera kuko yabanjirijwe n’umubyeyi.
U Rwanda ruri ku isonga mu bihugu bifite umutekano usesuye muri Afurika, nk’uko byagaragajwe n’ubushakashatsi bwa Numbeo bwasohowe hagati mu mwaka wa 2025. Rwaje ku mwanya wa mbere ku mugabane...