Perezida wa Brésil, Luiz Inacio Lula da Silva yavuze ko mugenzi we wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump akwiriye kwita ku kazi ke, aho guhora ku mbuga nkoranyambaga.
Ku wa Kane tariki ya 26 Kamena, abapolisi b’u Rwanda bagize itsinda RWAFPU3 riri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), bazindukiye mu gikorwa cyo...
Mu ijoro ryacyeye ahagana mu masaha ya Saa tanu z’ijoro ,abagizi ba nabi bishe umwarimukazi wigishaga mu Rwunge rw’amashuri rwa Rwamagana Protestant mu karere ka Rwamagana.
Intumwa z’u Rwanda ziri mu Bushinwa zagiranye ibiganiro na Dongning Yang, Visi Perezida wa Banki yo mu Bushinwa izwi nka Export-Import Bank (Exim Bank), bishingiye ku kwagura umubano usanzwe hagati...
Mugiraneza Jean Pierre w’imyaka 39 arakekwaho kwica umugore we Uwamahoro Valentine w’imyaka 35, nyuma akihutira guhungaira mu murenge wa Kinigi, Akarere ka Musanze.
Minisitiri w’Ingabo wa Israel, Israel Katz, yatangaje igihugu cye cyari gifite gahunda yo kwicira Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, mu ntambara yamaze iminsi 12.