Olusegun Obasanjo wayoboye Nigeria kuva mu 1976 kugeza mu 1979 no kuva mu 1999 kugeza mu 2007, yakomereje uruzinduko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuye mu Rwanda.
Abashinjacyaha batangaje ko bahisemo guhagarika ibyaha bitatu biri mu by’ingenzi byashinjwaga umuraperi Diddy, umaze igihe ari kuburana ku byaha bifite aho bihuriye no gukoresha imibonano...
Umuhanzi w’Umunya-Uganda Ykee Benda, uzwi cyane mu ndirimbo ‘Farmer’ ndetse akaba azwiho no kuba ari nyiri inzu itunganya umuziki ya Mpaka Records, yatangaje ko uruganda rw’umuziki muri Uganda ruri...
Mu ntangiro z’ukwezi kwa Kamena 2025, Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje amabwiriza mashya y’imikoreshereze y’amadovize mu gihugu ndetse inashyiraho ibihano ku barenze ku mabwiriza. Kuri ubu,...
Urubanza rw’umuraperi Sean ‘Diddy’ Combs wamamaye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ahandi ku Isi, ruzapfundikirwa tariki ya 27 Kamena 2025, hakorwe ubusesenguzi bushangirwaho mu gufata umwanzuro.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, yamuhamagaye amubwira ko yamuha ubufasha bagakemura amakimbirane ari hagati ya Iran na...
Umuhanzikazi wo muri Nigeria, Tiwa Savage, yasubije umugabo wavuze ko atari mwiza ahubwo agirwa mwiza n’amafoto, amwihenuraho amubwira ko ikimuvugisha ari uko yifuza guhura na we.