skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Nyuma ya Kigali, Olusegun Obasanjo yakomereje uruzinduko i Kinshasa

Olusegun Obasanjo wayoboye Nigeria kuva mu 1976 kugeza mu 1979 no kuva mu 1999 kugeza mu 2007, yakomereje uruzinduko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuye mu Rwanda.
26 June 2025 Yasuwe: 420 0

Ubushinjacyaha bwahagaritse ibirego bitatu mu bishinjwa Diddy

Abashinjacyaha batangaje ko bahisemo guhagarika ibyaha bitatu biri mu by’ingenzi byashinjwaga umuraperi Diddy, umaze igihe ari kuburana ku byaha bifite aho bihuriye no gukoresha imibonano...
26 June 2025 Yasuwe: 403 0

Chryso Ndasingwa yambitse impeta Sharon Gatete

Nyuma y’iminsi ibiri iby’urukundo rwabo bigiye hanze, Chryso Ndasingwa yambitse impeta Sharon Gatete, amusaba kuzamubera umugore undi nawe ahita abyemera.
25 June 2025 Yasuwe: 1060 0

“Umuziki wa Uganda ugeze aharindimuka” - Ykee Benda

Umuhanzi w’Umunya-Uganda Ykee Benda, uzwi cyane mu ndirimbo ‘Farmer’ ndetse akaba azwiho no kuba ari nyiri inzu itunganya umuziki ya Mpaka Records, yatangaje ko uruganda rw’umuziki muri Uganda ruri...
25 June 2025 Yasuwe: 625 0

Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje abemerewe gutanga serivisi mu madovize

Mu ntangiro z’ukwezi kwa Kamena 2025, Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje amabwiriza mashya y’imikoreshereze y’amadovize mu gihugu ndetse inashyiraho ibihano ku barenze ku mabwiriza. Kuri ubu,...
25 June 2025 Yasuwe: 1044 0

Diddy yavugiye amagambo make mu rukiko

Urubanza rw’umuraperi Sean ‘Diddy’ Combs wamamaye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ahandi ku Isi, ruzapfundikirwa tariki ya 27 Kamena 2025, hakorwe ubusesenguzi bushangirwaho mu gufata umwanzuro.
25 June 2025 Yasuwe: 597 0

Abareba amashusho y’urukozasoni bikubye akarenga 3 mu myaka 8 ishize

Umubare w’abasura imbuga zitambutsa amashusho y’urukozasoni (webcam), ku Isi wikubye inshuro zirenga eshatu kuva mu 2017, ugera kuri miliyari 1.3 bazisura buri kwezi; nkuko bitangazwa n’Ikigo...
25 June 2025 Yasuwe: 712 0

Trump yanze ubufasha bwa Putin ku kibazo cya Iran na Israel

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, yamuhamagaye amubwira ko yamuha ubufasha bagakemura amakimbirane ari hagati ya Iran na...
25 June 2025 Yasuwe: 926 0

Tiwa Savage yihenuye k’uwavuze ko agirwa mwiza n’amafoto

Umuhanzikazi wo muri Nigeria, Tiwa Savage, yasubije umugabo wavuze ko atari mwiza ahubwo agirwa mwiza n’amafoto, amwihenuraho amubwira ko ikimuvugisha ari uko yifuza guhura na we.
25 June 2025 Yasuwe: 534 0

Koreya y’Epfo: Ak’abarya inyama z’imbwa kashobotse

Koreya y’Epfo yashyizeho itegeko rihagarika burundu iribwa ry’inyama z’imbwa, bishyira mu gihirahiro aborozi bazo bari basanzwe batunzwe n’uwo mwuga dore ko kurya inyama zazo wari umuco umaze...
25 June 2025 Yasuwe: 518 0