Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente yatangaje ko u Rwanda rwashyizeho itsinda rihora rigenzura ibikomoka kuri peteroli byinjira mu gihugu n’ububiko gifite kugira ngo hatazabaho ikibazo...
Umuhanzi akaba na Producer Joel Brown yakoze igikorwa cyatangaje benshi mu ndirimbo nshya yitwa Pom Pom, aho uburyo yitwaye mu miririmbire bwatumye Bruce Melodie na Diamond Platnumz basiba ibyo...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda, Dr. Yvan Butera, uri muri Indonesia, yabonanye na Minisitiri w’Ubuzima muri iki gihugu, Budi Gunadi Sadikin.
Ingabo za Israel zatangaje ko zagabye igitero ahantu hatatu hari intwaro ziremereye zari gukoreshwa mu kugaba ibitero muri Israel, umusirikare mukuru witeguraga kurasa ibisasu bya missile na we...
Umurongo wa telefoni wakoreshwaga n’abaryamana bahuje ibitsina bafite ibitekerezo bishobora kuganisha ku kwiyahura, ugiye gukurwaho nyuma y’uko Guverinoma ya Amerika yemeje ko igiye guhagarika...
Umusifuzi Jean-Pierre Kabangu wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakubiswe ku buryo bukomeye n’abafana ba Olympique Club élites du Congo nyuma yo kwirengagiza penaliti mu mukino...