Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 3 Nzeri 2025, ikigo gitegura ibirori n’inama mu by’ubukerarugendo (Silverback Events Management) cyatangije ku mugaragaro urugendo rwa mbere rw’amapikipiki,...
Inzuki zinjiye mu kibuga zihagarika umukino mpuzamahanga wa gicuti waberaga muri Tanzania, wahuzaga City FC Abuja yo muri Nigeria na JKU FC yo muri Zanzibar.
Diplomate abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ko ari mu gahinda gakomeye ko gupfusha umubyeyi we witabye Imana ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 3 Nzeri 2025.