Mugiraneza Jean Pierre w’imyaka 39 arakekwaho kwica umugore we Uwamahoro Valentine w’imyaka 35, nyuma akihutira guhungaira mu murenge wa Kinigi, Akarere ka Musanze.
Minisitiri w’Ingabo wa Israel, Israel Katz, yatangaje igihugu cye cyari gifite gahunda yo kwicira Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, mu ntambara yamaze iminsi 12.
Tshisekedi yabajijwe icyagenze nabi mu buhuza bwa Luanda n’ubwa Nairobi, asubiza ko ubwo buhuza ntacyo bwagezeho kubera kudashyira hamwe kwa Afurika, bikaba ngombwa ko Qatar na Amerika bihaguruka.
Perezida Félix Tshisekedi wa DR Congo yavuze ko yaba "uwa mbere" mu gusabira Perezida Donald Trump guhabwa igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel mu gihe yabasha kurangiza amakimbirane hagati...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yasabiye umunyamakuru wa CNN, Natasha Bertrand kwirukanwa, nyuma yo kumushinja gutangaza nabi amakuru ajyanye n’igitero iki gihugu cyagabye...
Havugutuma Hesiloni w’imyaka 72, wo mu Karere ka Rutsiro yasanzwe mu mugozi amanitse yapfuye, hakekwa ko yaba yiyahuye kubera amakimbirane yari afitanye n’umuryango we yakomokaga ku kuba yarashatse...
Urugo rw’umukinnyi wa filime, Brad Pitt ruherereye mu gace ka Los Feliz muri Los Angeles rwibasiwe n’abajura bataramenyekana, nk’uko byatangajwe n’Urwego rushinzwe Umutekano muri uwo mujyi (LAPD).
Umuhanzikazi w’umunyarwandakazi uririmba mu njyana gakondo, Clarisse Karasira, ari mu byishimo byo kwitegura kwibaruka umwana wa kabiri, usanga imfura ye yujuje imyaka itatu.
Katy Perry na Orlando Bloom batandukanye mu gihe bari bagiye kumarana imyaka 10 babana nk’umugabo n’umugore, aho banabyaranye umwana w’umukobwa, n’ubwo bari batarasezerana.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu za Atomike mu Rwanda, RAEB, cyatangaje ko bitarenze mu 2030, u Rwanda ruzaba ruri mu bihugu bike muri Afurika bifite uruganda rutunganya amashanyarazi akomoka ku...