skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Ayra Starr yavuze ko gukina filime bwa mbere byatumye arushaho kubaha abakinnyi

Umuhanzikazi w’Umunya-Nigeria, Ayra Starr, wahataniye ibihembo bya Grammy, yatangaje ko gukina muri filime ye ya mbere byamusigiye isomo ryo kubaha bikomeye abakinnyi ba filime, abona ko akazi...
30 June 2025 Yasuwe: 285 0

TikTok ishobora kugurwa n’Umunyamerika mu byumweru bibiri

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko hari itsinda ry’abashoramari ryiteguye kugura urubuga rwa TikTok, akaba azabatangaza neza mu byumweru bibiri biri imbere.
30 June 2025 Yasuwe: 255 0

Iran yagaragaje icyo yifuza mbere yo gusubukura ibiganiro na Amerika

Iran yagaragaje ko ikeneye kumenya niba Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitazongera kuyirasaho, mbere y’uko impande zombi zisubukura ibiganiro bijyanye n’intwaro kirimbuzi.
30 June 2025 Yasuwe: 526 0

LeBron James agiye kwandika andi mateka muri NBA

LeBron James agiye gukora amateka yo gukina NBA imyaka 23, nyuma yo kwemeza ko azongera amasezerano y’umwaka muri Los Angeles Lakers.
30 June 2025 Yasuwe: 214 0

Namushatse tuba mu nzu y’ibihumbi 20 Frw- Clapton ku mugore we washyize itafari kuri filime yamuritse ’Deceiver’

Mugisha Emmanuel, uzwi cyane nka Clapton Kibonge, ni umwe mu bakinnyi ba filime bamaze kumenyekana cyane mu Rwanda kubera uruhare yagize mu gukundisha benshi sinema nyarwanda. Uyu mugabo usigaye...
30 June 2025 Yasuwe: 550 0

Zongeye kubyara amahari hagati ya Fayulu na Perezida Tshisekedi

Umwuka mubi wongeye gututumba hagati y’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Martin Fayulu, na Perezida Félix Tshisekedi.
30 June 2025 Yasuwe: 404 0

U Burayi bwugarijwe n’ubushyuhe bukabije

Ibihugu byinshi byo ku Mugabane w’u Burayi byugarijwe n’ubushyuhe bukabije ku buryo byashyizeho ingamba zo kuburira abaturage babyo, cyane ko ubushyuhe bwarenze dogere Celcius 40.
30 June 2025 Yasuwe: 220 0

Kinshasa: Urukiko rwemeje igihe ruzatangira kuburanisha Constant Mutamba

Urukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo tariki ya 9 Nyakanga 2025 ruzatangira kuburanisha Constant Mutamba Tungunga wahoze ari Minisitiri w’Ubutabera.
30 June 2025 Yasuwe: 137 0

Cristiano Ronaldo yavuze impamvu yanze gukina Igikombe cy’Isi cy’Amakipe

Rutahizamu wa Al-Nassr, Cristiano Ronaldo yatangaje ko impamvu yanze ubusabe bw’amakipe yifuzaga kuzamwifashisha mu Gikombe cy’Isi cy’Amakipe ari uko ashaka kuruhuka bihagije yitegura icy’ibihugu...
29 June 2025 Yasuwe: 788 0

Ni intambwe igana ku ituze mu karere- Amb. Einat Weiss ku masezerano y’u Rwanda na RDC

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Einat Weiss yagaragaje ko yakiriye neza amasezerano y’amahoro aherutse gushyirwaho umukono hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashimangira...
29 June 2025 Yasuwe: 529 0