Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko hari itsinda ry’abashoramari ryiteguye kugura urubuga rwa TikTok, akaba azabatangaza neza mu byumweru bibiri biri imbere.
Mugisha Emmanuel, uzwi cyane nka Clapton Kibonge, ni umwe mu bakinnyi ba filime bamaze kumenyekana cyane mu Rwanda kubera uruhare yagize mu gukundisha benshi sinema nyarwanda. Uyu mugabo usigaye...
Rutahizamu wa Al-Nassr, Cristiano Ronaldo yatangaje ko impamvu yanze ubusabe bw’amakipe yifuzaga kuzamwifashisha mu Gikombe cy’Isi cy’Amakipe ari uko ashaka kuruhuka bihagije yitegura icy’ibihugu...
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Einat Weiss yagaragaje ko yakiriye neza amasezerano y’amahoro aherutse gushyirwaho umukono hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashimangira...