skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Abana bo muri ‘Moriox kids’ bakoreye igitaramo muri Arménie

Nyuma y’ukwezi kurenga bari bamaze muri Arménie, abana bo muri ‘Moriox kids’ mu ijoro ryo ku wa 14 Nzeri 2025, bahakoreye igitaramo cyitabiriwe ku rwego rwo hejuru.
15 September 2025 Yasuwe: 350 0

Urujijo ku musaza w’i Karongi wasanzwe mu mugozi yapfuye

Seboyi Vincent w’imyaka 62, wo mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi, yasanzwe mu mugozi yapfuye, hakekwa ko yiyahuye, ariko ntihamenyekane icyaba cyabimuteye.
15 September 2025 Yasuwe: 395 0

ICRC yashyikirijwe inyandiko y’ubwumvikane bwa Leta ya RDC na AFC/M23 bwo kurekura imfungwa

Guverinoma ya Qatar yashyikirije Komite mpuzamahanga y’umuryango Croix Rouge (ICRC) kopi y’inyandiko igaragaza uburyo bwo kurekura imfungwa bwumvikanyweho n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira...
15 September 2025 Yasuwe: 398 0

Mama Sava mu munyenga w’urukundo

Umunyana Analyssa wamamaye nka Mama Sava, yagaragaje ko aryohewe n’urukundo arimo n’umusore bamaranye iminsi.
15 September 2025 Yasuwe: 832 0

Ni intambara yo kurwana- Senateri Nyirahabimana kuri EU yasabye ko Ingabire Victoire arekurwa

Visi Perezida w’Inteko Ishinga Ametegeko, Umutwe wa Sena, Solina Nyirahabimana, yavuze ko u Rwanda rukwiriye guhaguruka rugahangana n’Abanyaburayi by’umwihariko Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango...
15 September 2025 Yasuwe: 496 0

Nyamasheke: Abakekwaho gukomeretsa no kwambura abageni bageze ku 8

Abantu umunani bakekwaho gutegera mu nzira abageni bakabakubita bakanabambura ibyo bari bafite byeose mu ijoro ryo ku wa 10 Nzeri bamaze gutabwa muri yombi nyuma y’uko abandoi batanu bagaragaye mu...
15 September 2025 Yasuwe: 852 0

Rusizi: Umwana w’imyaka 2 n’amezi 7 yahiriye mu nzu akurwamo akiri muzima

Umwana w’imyaka 2 n’amezi 7 yahiriye mu cyumba yari aryamyemo mu Mudugudu wa Ruzeneko, Akagari ka Karenge, Umurenge wa Rwimbogo, Akarere ka Rusizi, ashya igice cy’umutwe, amaguru n’amaboko,...
15 September 2025 Yasuwe: 612 0

Tyler Robinson ukekwaho kwica Charlie Kirk ntiyemera icyaha

Guverineri wa Leta ya Utah muri Amerika, Spencer Cox, yatangaje ko Tyler Robinson ukekwaho kwica Charlie Kirk atemera icyaha, kandi ko yanze gufatanya n’inzego z’iperereza.
15 September 2025 Yasuwe: 228 0

Patel wa FBI agiye kwisobanura nyuma y’amakosa mu iperereza ku rupfu rwa Charlie Kirk

Umuyobozi mukuru w’Urwego rushinzwe iperereza muri Amerika (FBI), Kash Patel, ari kwitegura gutanga ibisobanuro imbere y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bijyanye...
15 September 2025 Yasuwe: 242 0

Minisitiri Nduhungirehe yasuye abana bafashirizwa muri ‘Sherrie Silver Foundation’

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga, Nduhungirehe Olivier, yasuye abana bafashirizwa muri Sherrie Silver Foundation bari mu myiteguro ya ‘The Silver Gala’, abasaba kugerageza kugira inzozi nini ndetse...
15 September 2025 Yasuwe: 271 0