skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Miliyoni 14 z’abana bashobora gupfa mu myaka itanu kubera umwanzuro wa Trump

Impinduka Donald Trump yakoze zo kugabanya hafi yose inkunga Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaga ku bikorwa by’ubutabazi mpuzamahanga, zishobora gutuma abantu barenga miliyoni 14 bapfa mbere...
1 July 2025 Yasuwe: 255 0

Dosiye ya Ingabire Victoire yaregewe urukiko

Ubushinjacyaha Bukuru bwaregeye dosiye ya Ingabire Victoire Umuhoza Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kugira ngo aburanishwe ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
1 July 2025 Yasuwe: 410 0

Ikirego cyatumye Chris Brown afungirwa mu Bwongereza gishobora gukurwaho

Chris Brown yumvikanye n’umugabo witwa Abraham Diaw, wamushinjaga icyaha cyo kumukomeretsa bikomeye akoresheje icupa.
1 July 2025 Yasuwe: 179 0

Chryso Ndasingwa na Sharon Gatete berekanywe mu rusengero

Abahanzi Chryso Ndasingwa na Sharon Gatete bitegura kurushinga bakabana nk’umugabo n’umugore, berekanywe mu rusengero.v
30 June 2025 Yasuwe: 443 0

Ayra Starr yavuze ko gukina filime bwa mbere byatumye arushaho kubaha abakinnyi

Umuhanzikazi w’Umunya-Nigeria, Ayra Starr, wahataniye ibihembo bya Grammy, yatangaje ko gukina muri filime ye ya mbere byamusigiye isomo ryo kubaha bikomeye abakinnyi ba filime, abona ko akazi...
30 June 2025 Yasuwe: 285 0

TikTok ishobora kugurwa n’Umunyamerika mu byumweru bibiri

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko hari itsinda ry’abashoramari ryiteguye kugura urubuga rwa TikTok, akaba azabatangaza neza mu byumweru bibiri biri imbere.
30 June 2025 Yasuwe: 255 0

Iran yagaragaje icyo yifuza mbere yo gusubukura ibiganiro na Amerika

Iran yagaragaje ko ikeneye kumenya niba Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitazongera kuyirasaho, mbere y’uko impande zombi zisubukura ibiganiro bijyanye n’intwaro kirimbuzi.
30 June 2025 Yasuwe: 526 0

LeBron James agiye kwandika andi mateka muri NBA

LeBron James agiye gukora amateka yo gukina NBA imyaka 23, nyuma yo kwemeza ko azongera amasezerano y’umwaka muri Los Angeles Lakers.
30 June 2025 Yasuwe: 214 0

Namushatse tuba mu nzu y’ibihumbi 20 Frw- Clapton ku mugore we washyize itafari kuri filime yamuritse ’Deceiver’

Mugisha Emmanuel, uzwi cyane nka Clapton Kibonge, ni umwe mu bakinnyi ba filime bamaze kumenyekana cyane mu Rwanda kubera uruhare yagize mu gukundisha benshi sinema nyarwanda. Uyu mugabo usigaye...
30 June 2025 Yasuwe: 550 0

Zongeye kubyara amahari hagati ya Fayulu na Perezida Tshisekedi

Umwuka mubi wongeye gututumba hagati y’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Martin Fayulu, na Perezida Félix Tshisekedi.
30 June 2025 Yasuwe: 404 0