Nyuma y’ukwezi kurenga bari bamaze muri Arménie, abana bo muri ‘Moriox kids’ mu ijoro ryo ku wa 14 Nzeri 2025, bahakoreye igitaramo cyitabiriwe ku rwego rwo hejuru.
Seboyi Vincent w’imyaka 62, wo mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi, yasanzwe mu mugozi yapfuye, hakekwa ko yiyahuye, ariko ntihamenyekane icyaba cyabimuteye.
Visi Perezida w’Inteko Ishinga Ametegeko, Umutwe wa Sena, Solina Nyirahabimana, yavuze ko u Rwanda rukwiriye guhaguruka rugahangana n’Abanyaburayi by’umwihariko Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango...
Umwana w’imyaka 2 n’amezi 7 yahiriye mu cyumba yari aryamyemo mu Mudugudu wa Ruzeneko, Akagari ka Karenge, Umurenge wa Rwimbogo, Akarere ka Rusizi, ashya igice cy’umutwe, amaguru n’amaboko,...
Guverineri wa Leta ya Utah muri Amerika, Spencer Cox, yatangaje ko Tyler Robinson ukekwaho kwica Charlie Kirk atemera icyaha, kandi ko yanze gufatanya n’inzego z’iperereza.
Umuyobozi mukuru w’Urwego rushinzwe iperereza muri Amerika (FBI), Kash Patel, ari kwitegura gutanga ibisobanuro imbere y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bijyanye...