skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Yakuze asubiramo indirimbo, akunda gufasha! Ababyeyi ba Bwiza bahishuye ibitaravuzwe mu buto bwe

Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, tariki 9 Kanama 2025, mu birori by’akataraboneka byiswe “Bwiza Gala Night” byabereye muri Kigali Universe, Bwiza Emerance yizihije imyaka 26 amaze avutse, anizihiza...
10 August 2025 Yasuwe: 629 0

Umunyarwandakazi ari mu bahataniye ikamba rya ‘Miss New York USA’

Umunyarwandakazi Mbera Uwase Melissa ni umwe mu bakobwa bari guhatanira ikamba rya Miss New York USA 2025, ritanga umukandida uhagararira Leta ya New York mu rya Miss USA
10 August 2025 Yasuwe: 601 0

U Bufaransa: Abimukira 15 basanzwe mu ikamyo ikonjesha inyama

Abimukira bagera kuri 15 bakomoka muri Eritrea basanzwe mu ikamyo ikonjesha isanzwe itwara ibirirwa birimo inyama n’imboga mu majyaruguru y’u Bufaransa. Yerekezaga mu Bwongereza kugira ngo binjire...
10 August 2025 Yasuwe: 624 0

Abanya-Israel biraye mu mihanda, bamagana icyemezo cya Leta cyo kwigarurira Gaza

Abanya-Israel babarirwa mu bihumbi bakoze imyigaragambyo ikomeye mu Mujyi wa Tel Aviv, basaba ko igihugu cyabo cyahagarika intambara muri Gaza, nyuma y’uko gitangaje ko gifite umugambi wo...
10 August 2025 Yasuwe: 524 0

Kigali: Polisi yafashe abagabo babiri bafite ibilo 31 by’urumogi

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwe (ANU) rikorera mu mu Mujyi wa Kigali ryafashe abagabo babiri batwaye kuri moto ibilo 31 by’urumogi.
10 August 2025 Yasuwe: 451 0

APR FC yatomboye Pyramids FC, Rayon Sports yisanga muri Tanzania: Tombola y’amakipe azahagararira u Rwanda

APR FC yatomboye Pyramids FC yo mu Misiri mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League, mu gihe Rayon Sports yatomboye Singida Black Stars yo muri Tanzania mu mikino ya CAF Confederation Cup.
9 August 2025 Yasuwe: 1225 0

NASA na Google byakoze ikoranabuhanga ry’ubuvuzi rizafasha abashakashatsi mu Isanzure

Ikigo cy’Abanyamerika gishinzwe iby’Isanzure, NASA, na Sosiyete ya Google, byubatse porogaramu ishingiye ku ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI) yiswe ’Crew Medical Officer Digital Assistant...
9 August 2025 Yasuwe: 339 0

Zelensky yamaganye gahunda yo guhura kwa Trump na Putin

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yamaganye ibiganiro by’imbonankubone bizahuza Donald Trump na mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin bijyanye no guhagarika intambara iri kubera mu gihugu...
9 August 2025 Yasuwe: 577 0

Abanyamerika bateganya gushora miliyoni 700$ mu itunganywa rya Gaz Methane mu Kivu

Sosiyete ya Symbion Power LLC yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika iteganya gushora imari ya miliyoni 700 z’Amadolari mu mushinga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wo gutunganya Gaz...
9 August 2025 Yasuwe: 744 0

Jim Lovell uri mu ba mbere bageze hafi y’Ukwezi yitabye Imana

Jim Lovell wari umugabo w’icyamamare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera uruhare yagize mu butumwa bwa Apollo 13, yitabye Imana afite imyaka 97.
9 August 2025 Yasuwe: 494 0