Ikipe ya Paris Saint Germain yegukanye Igikombe kiruta ibindi ku Mugabane w’u Burayi “UEFA Super Cup” nyuma yo gutsinda Tottenham Hotspur penaliti 4-3. Ni nyuma y’uko amakipe yombi inganyije...
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), igaragaza ko mu bana barenga ibihumbi 340 bavuka buri mwaka, abangana na 10% batandikwa mu bitaro by’irangamimerere.
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yategetse ubuyobozi bwe ko bukwiriye kwemerera abasore bari munsi y’imyaka 22 kuba bava mu gihugu bakajya mu bindi bihugu byo mu mahanga.