skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

PSG yegukanye UEFA Super Cup bwa mbere itsinze Tottenham Hotspur

Ikipe ya Paris Saint Germain yegukanye Igikombe kiruta ibindi ku Mugabane w’u Burayi “UEFA Super Cup” nyuma yo gutsinda Tottenham Hotspur penaliti 4-3. Ni nyuma y’uko amakipe yombi inganyije...
14 August 2025 Yasuwe: 329 0

U Rwanda rugiye kongera kwakira Inama Nyafurika yiga ku guhuza siporo n’ishoramari

Ku nshuro ya kabiri yikurikiranya, u Rwanda rugiye kwakira Inama Nyafurika yiga ku guhuza siporo n’ishoramari izwi nka ‘SportsBiz Africa Forum 2025’.
14 August 2025 Yasuwe: 119 0

Espagne yagaragaje ko inkongi ziri kurenga ubushobozi bwayo

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Espagne, Grande Marlaska, yatangaje ko ibihugu by’inshuti byo ku mugabane w’u Burayi bishobora kwitabazwa n’igihugu cye mu guhangana n’inkongi z’umuriro...
14 August 2025 Yasuwe: 244 0

Imbonerakure zagiye kurwanya AFC/M23 zashinje Leta y’u Burundi kuzibeshya

Urubyiruko rw’Imbonerakure rwagiye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurwanya Ihuriro AFC/M23, rushinja Leta y’u Burundi kurubeshya amafaranga.
13 August 2025 Yasuwe: 1334 0

Abana bangana na 10% bavuka buri mwaka ntibandikwa mu irangamimerere

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), igaragaza ko mu bana barenga ibihumbi 340 bavuka buri mwaka, abangana na 10% batandikwa mu bitaro by’irangamimerere.
13 August 2025 Yasuwe: 145 0

Ukraine yemereye abasore gusohoka mu gihugu

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yategetse ubuyobozi bwe ko bukwiriye kwemerera abasore bari munsi y’imyaka 22 kuba bava mu gihugu bakajya mu bindi bihugu byo mu mahanga.
13 August 2025 Yasuwe: 429 0

Hari gukorwa amadarubindi y’akataraboneka azafasha abafite ibibazo byo kutumva neza

Abashakashatsi bo muri kaminuza zitandukanye muri Écosse bari gukora amadarubindi afite umwihariko wo gufasha abantu bafite ibibazo byo kutumva neza.
13 August 2025 Yasuwe: 227 0

Abofisiye ba RDF na RCS mu bashinjwa muri dosiye ya APR FC

Urukiko rwa Gisirikare rwa Nyamirambo kuri uyu wa 13 Kanama 2025, rwatangiye kuburanisha abantu barenga 20 barimo abofisiye mu Ngabo z’u Rwanda, mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS)...
13 August 2025 Yasuwe: 3823 0

Ukraine yarahiye ko nta butaka bwayo buzomekwa ku Burusiya

Perezida Volodymyr Zelensky yamaramaje ko Ukraine itazigera ireka akarere ka Donbas ngo gatwarwe n’Uburusiya nk’ingurane kugira ngo habeho agahenge k’intambara imaze igihe yarashegeshe igihugu cye.
13 August 2025 Yasuwe: 278 0

Gitifu w’Umurenge wa Kansi yitabye Imana

Nsanzimana Théogène, wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kansi mu Karere ka Gisagara, yitabye Imana azize uburwayi.
13 August 2025 Yasuwe: 2928 0