skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Amerika yahannye PARECO-FF yashinzwe n’uwahoze mu buyobozi bwa M23

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa 12 Kanama 2025 zafatiye ibihano umutwe witwaje intwaro wa PARECO-FF (Résistants Patriotes Congolais/Force de Frappe) washinzwe na Sendugu Museveni wahoze mu...
13 August 2025 Yasuwe: 410 0

Mangwende yagarutse mu kibuga nyuma y’amezi umunani adakina

Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’ ukinira AEL Limassol yo mu Cyiciro cya Mbere muri Chypre n’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, yasubiye mu kibuga nyuma y’amezi umunani yaragize imvune mu ivi.
13 August 2025 Yasuwe: 168 0

Ukraine ishobora kudobya ibiganiro bya Perezida Putin na Trump

Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yatangaje ko Guverinoma ya Ukraine iri gutegura igitero gikomeye kigamije kudobya inama ikomeye izahuza Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin n’uwa Leta Zunze...
13 August 2025 Yasuwe: 204 0

Musenyeri Mbanda yashenguwe n’Itorero Angilikani rya Wales ryemeye kuyoborwa n’umwe mu baryamana bahuje ibitsina

Umuryango ugamije gukomeza no guha imbaraga inyigisho z’ijambo ry’Imana, GAFCON, wamaganiye kure Itorero Angilikani rya Wales ryafashe icyemezo cyo kuyoborwa na Cherry Vann usanzwe ari umwe mu...
12 August 2025 Yasuwe: 681 0

Alexander Isak ntazongera gukinira Newcastle United

Rutahizamu wa Newcastle United, Alexander Isak, ntabwo ari mu bakinnyi bazifashishwa na yo mu mukino ufungura Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League), nyuma y’uko ayitangarije ko atazongera...
12 August 2025 Yasuwe: 692 0

Zari yahaye gasopo abashidikanya ku bana yabyaranye na Diamond

Zari yashimangiye ko abana yabyaranye na Diamond ari ab’uyu mugabo mu buryo budashidikanywaho, nyuma y’uko hari abaketse ko ari we watunzwe urutoki, ubwo uyu muhanzi yavugaga ko hari abana arera...
12 August 2025 Yasuwe: 476 0

Pavelh Ndzila mu biganiro na Rayon Sports

Umunyezamu w’Umunya-Congo Brazzaville, Pavelh Ndzila uherutse gutandukana na APR FC, ageze kure ibiganiro n’ubuyobozi bwa Rayon Sports kugira ngo azayikinire mu mwaka utaha.
12 August 2025 Yasuwe: 598 0

Weasel yasezerewe mu bitaro

Weasel wari umaze iminsi mu bitaro nyuma yo kugongwa n’umugore we Teta Sandra, yasezerewe aho azakomeza kwitabwaho n’abaganga ariko ari mu rugo rwe.
12 August 2025 Yasuwe: 707 0

Imirimo yo gutunganya hegitari ibihumbi 10 mu Cyanya cy’Ubuhinzi cya Gabiro igiye gutangira

Ubuyobozi bw’umushinga Gabiro Agri Business Hub bwatangaje ko imirimo y’icyiciro cya kabiri cyo gutunganya hegitari ibihumbi 10 igiye gutangira nyuma y’uko icyiciro cya mbere kirangiye kuri ubu...
12 August 2025 Yasuwe: 326 0

Somalia: Abasirikare bahamijwe icyaha cyo gukorana na Al shabaab bishwe

Abasirikare babiri bo muri Somalia bakatiwe urwo gupfa nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab, bakagira uruhare mu kwica umuyobozi wabo.
12 August 2025 Yasuwe: 496 0