Abahinzi b’ibisheke bibumbiye muri Koperative Akeza ka Macuba yo mu Karere ka Nyamasheke mu Ntara y’Iburengerazuba batangiye gutera intambwe yo kubikoramo isukari, mu rwego rwo kubyongerera agaciro.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) itangaza ko urwego rw’ubuzima rwashyizwemo agera kuri miliyari 948.5 z’amafaranga y‘u Rwanda mu mwaka wa 2020/2021 kugeza 2022/2023, hagamijwe kurushaho kuruteza...
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abarwanyi bo mu ihuriro rya Wazalendo bahanganiye hafi y’umupaka wa Kavimvira uhuza iki gihugu n’u Burundi, batandatu bahasiga ubuzima.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu [NIDA], cyatangaje ko muri gahunda izwi nka ‘pre-enrollment platform’ yo kwemeza umwirondoro w’Abaturarwanda usanzwe mu irangamimerere no gukosora ku bafite...
Minisitiri w’Intebe wa Australia, Anthony Albanese, yatangaje ko birukanye Ambasaderi wa Iran n’abadipolomate batatu bazira urwango rwibasira Abayahudi.
Rigathi Gachagua wabaye Visi Perezida wa Kenya yatangaje ko yabanje kuganira na Ruto bemeranya ko kugira ngo amushyigikire mu matora y’umukuru w’igihugu, muri Guverinoma y’abaminisitiri 22, hagomba...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiriye mugenzi we uyobora Koreya y’Epfo, Lee Jae Myung, ashimagiza Kim Jong-un wa Koreya ya Ruguru inshuro nyinshi.
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiriye mugenzi we uyobora Koreya y’Epfo, Lee Jae Myung, ashimagiza Kim Jong-un wa Koreya ya Ruguru inshuro nyinshi.