Umunya-Tanzania, Vanessa Mdee uri mu bahanzi bubatse izina mu muziki muri Afurika no hanze yayo, yagaragaye aririmba indirimbo ya Vestine na Dorcas yitwa ‘Emmanuel’ imaze ukwezi kumwe igiye hanze,...
Bikorimana Emanuel uzwi nka Bikem wa Yesu wari usanzwe ashinzwe itangazamakuru n’umuziki wa Musabyimana Gloriose wamamaye nka Gogo, yasabye abakunzi be gutabara no kubafasha guherekeza mu cyubahiro...
Kuva kuri uyu Gatanu, tariki ya 5 Nzeri, abanyeshuri barimo gusubira ku bigo by’amashuri, gutangira igihembwe cya mbere cy’umwaka w’amashuri wa 2025/2026, hirya no hino mu turere dutandukanye...
Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Burera yafashe umugabo wari ufite ibilo 250 by’insinga z’amashanyarazi, azerekeza mu gihugu cya Uganda ku mupaka wa Cyanika.
Abahagarariye Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuva mu 2001 kugeza mu 2019 bari muri Afurika y’Epfo muri gahunda...
Perezida Paul Kagame yagaragaje ko nyuma y’imyaka hafi 10 Zipline Rwanda imaze itanga umusaruro ufatika, ubu u Rwanda ruri gushaka uburyo ubu bwikorezi bukoresha drones bwakwifashishwa no mu mijyi,...
U Bushinwa bwatangaje ko amashuri agomba gukoresha intebe zishobora guhindurwa ku buryo umunyeshuri ariraho ifunguro rya saa Sita, zikanahindurwa igitanda yaryamaho akaruhuka bibaye ngombwa.
Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 3 Nzeri 2025, ikigo gitegura ibirori n’inama mu by’ubukerarugendo (Silverback Events Management) cyatangije ku mugaragaro urugendo rwa mbere rw’amapikipiki,...