Kagarura Jean Damascene w’imyaka 40 y’amavuko utuye mu Kagari ka Nyabugogo ,Umurenge wa Kigali , Akarere ka Nyarugenge, avuga ko yahisemo kujya kwibera mu giti nyuma yo gusharirirwa n’ubuzima...
Abagabo bane bakekwaho kwica umusaza w’imyaka 68 y’amavuko wo mu Murenge wa Ruhashya mu Karere ka Huye, mu ibazwa ryabo bavuze ko bamuhoye kuba ari we waroze ababyeyi babo bagapfa inkurikirane.
Umuhanzikazi uri mu bagezweho muri Tanzania wamenyekanye nka Zuchu akomeje kwibasirwa n’abamukurikirana bavuga ko yambara nabi bitandukanye n’izina afite ndetse bagashimsngira ko bishobora kugira...
Yolo The Qween wamamaye ku mbugankoranyambaga kubera uburanga n’ikimero afite birangaza benshi yatangaje Imana yamurokoye iimpanuka ikomeye mu gihe we yabonaga ko byarangiye.
Ibihe bitatu by’ingenzi mu buzima bwa muntu ni ukuvuka,Gushyingirwa no gupfa. Gushyingirwa no kugira umuryango ni ikintu cy’ingenzi mu buzima. Umusore ugiye guhitamo umugore areba niba umukobwa...
Ikibatsi cy’urukundo cyadutse hagati y’abahanzi @yvanmuziki ukorera umuziki we mu mahanga na @marinadeborah_official ubarizwa muri The Mane Music gikomeje kuvugisha benshi.