Abana babiri bo mu Murenge wa Mayange mu Karere ka Bugesera bapfuye urupfu rugiteye urujijo, nyuma yo gusigwa na nyina mu nzu iminota mike agiye mu gasantere yagaruka agasanga bose bashizemo umwuka.
Mu ijoro ryo ku wa 28 Kanama 2022, habaye umuhango wo kwizihiza ubuzima bwa Nkusi Thomas benshi bamenye nka Yanga, yanyuzemo mbere yo kwitaba Imana witabiriwe n’ibyamamare byiganjemo abo muri...
Yvan Buravan yahawe icyubahiro mu gitaramo cya Kigali jazz Junction cyatumiwemo Mike Kayihura n’umunya-Côte d’Ivoire, Monique Séka, aho bataramiye i Kigali mu ijoro ryo ku wa 26 Kanama 2022.
Umuraperi ukomeye muri Leta zunze ubumwe z’America wamamaye nka Lil Wayne yajyanywe mu nkiko n’uwahoze ari umukozi we amushinja kumukubita ndetse akanamukomeretsa.