Hateguwe gahunda yo kwibuka Tuyishime Joshua wamenyekanye nka Jaypolly mu muziki Nyarwanda by’umwihariko mu njyana ya Hip Hop witabye Imana mu ijoro rishyira ku wa 02 Nzeri 2021.
Mu Karere ka Gisagara,mu Murenge wa Mugombwa haravugwa inkuru y’umukobwa w’imyaka 20 wasambanyije umwana w’umuhungu w’imyaka 10 mu kwisobanura akavuga ko yabitewe n’ubushake bwinshi.
Umuhanzi The Ben ukunzwe hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Uwicyeza Pamella nyuma y’amezi icumi amwambitse impeta.
Bugingo Bonny wamenyekanye nka Junior Giti mu gusobanura Film yashimiye abantu bose babaye hafi mu bihe byo guherekeza umuvandiwe we Nkusi Thomas nawe wamenyekanye nka Yanga witabye Imana kuwa 17...