skol
Kigali

Author

ISHIMWE JANE

Britney Spears yavuze ko atakizera Imana nyuma y’ibyo ari gucamo

Umuhanzi Britney Spears yatunguranye ubwo yavugaga ko atakizera Imana ukundi kubera ibyo ari gucamo ndetse n’ubuzima yabayemo bwari bumugoye.
7 September 2022 Yasuwe: 512 0

Nyabihu:Batatu bafatanywe ibihumbi bitatu by’udupfunyika tw’urumogi

Polisi y’ u Rwanda ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), ryafashe abantu batatu bakurikiranyweho kugira uruhare mu icuruzwa ry’ibiyobyabwenge, bafatiwe mu bikorwa bitandukanye byo...
7 September 2022 Yasuwe: 285 0

Naraye mbonye Imana! Muyoboke Alex ari mu mashimwe kubera impanuka ikomeye yarokotse

Muyoboke Alex uzwi mu kazi ko kureberera inyungu z’abahanzi ari mu mashimwe nyuma yo kurokoka impanuka ikomeye.
6 September 2022 Yasuwe: 2475 0

Ndakeka ndi mu rukundo na none!Ariel Wayz yahishuye ibyiyumviro afite

Nyuma y’igihe Ariel Wayz atandukanye na Juno Kizigenza wahoze ari umukunzi we yahishuye ko yongeye gusubira mu rukundo.
6 September 2022 Yasuwe: 1452 0

Dore ibintu bishobora gutuma umugore akundwa n’abagabo kurusha abandi

Abagabo muri kamere yabo bafite ibintu bahuriraho mu gukunda ku buryo iyo babibonye ku mugore bumva urukundo rwabo ari umuyenga. Si abantu bakunda ibiraha no gusohokanwa ahantu hahenze niyo mpamvu...
6 September 2022 Yasuwe: 1626 0

Amafoto agaragaza Harry Styles asomana n’umugabo mugenzi we akomeje kuvugisha benshi(AMAFOTO)

Umuhanzi akaba n’umukinnyi wa Filime wamenyekanye nka Harry Styles yongeye kuvugisha benshi bakoresha imbugankoranyambaga nyuma yo kugaragara asomana n’umugabo mugenzi we mu ruhame.
6 September 2022 Yasuwe: 876 0

Gatsibo:Abasore bafatiwe mu cyuho botsa inyama z’imbwa bazigaburira abaturage

Abasore babiri barimo ufite imyaka 24 n’undi w’imyaka 25 bo mu Karere ka Gatsibo bafatiwe mu cyuho bari kotsa inyama z’imbwa bari bamaze kwica, aho bari banamaze kuzihaho abaturage babiri.
6 September 2022 Yasuwe: 738 0

Abagize itsinda rya Saut Sol bishimiye Car Free Day mu Rwanda

Abagize itsinda rya Saut Sol bakomeje kugirira ibihe byiza mu Rwanda aho bishimiye kwitabira Siporo rusange izwi nka Car Free Day basaba ko yageragezwa niwabo muri Kenya.
6 September 2022 Yasuwe: 481 0

Hamissa yahishuye impamvu yagurishije imodoka yahawe na Diamond babyaranye

Umunyamideli akaba n’umuhanzikazi muri Tanzania wamenyekanye nka Hamissa Mobetto yashishuye impamvu yagurishije imodoka harimo niyo yahawe na Diamond avuga ko yari afite indi yashakaga kugura.
5 September 2022 Yasuwe: 2117 0

Zari yihanije abagore bavuga ko akundana n’umwana abyaye mu gihe bo baryamana n’abagabo bubatse

Umushabitse Zari Hassan wabyaranye na Diamond yihaniye abagore bakomeza kumuvuga bavuga ko akundana n’umusore wakamubereye umwana mu gihe ababivuga bo usanga baryamana n’abagabo bubatse.
5 September 2022 Yasuwe: 1784 0