Abagabo muri kamere yabo bafite ibintu bahuriraho mu gukunda ku buryo iyo babibonye ku mugore bumva urukundo rwabo ari umuyenga. Si abantu bakunda ibiraha no gusohokanwa ahantu hahenze niyo mpamvu...
Umuhanzi akaba n’umukinnyi wa Filime wamenyekanye nka Harry Styles yongeye kuvugisha benshi bakoresha imbugankoranyambaga nyuma yo kugaragara asomana n’umugabo mugenzi we mu ruhame.
Abasore babiri barimo ufite imyaka 24 n’undi w’imyaka 25 bo mu Karere ka Gatsibo bafatiwe mu cyuho bari kotsa inyama z’imbwa bari bamaze kwica, aho bari banamaze kuzihaho abaturage babiri.
Abagize itsinda rya Saut Sol bakomeje kugirira ibihe byiza mu Rwanda aho bishimiye kwitabira Siporo rusange izwi nka Car Free Day basaba ko yageragezwa niwabo muri Kenya.
Umunyamideli akaba n’umuhanzikazi muri Tanzania wamenyekanye nka Hamissa Mobetto yashishuye impamvu yagurishije imodoka harimo niyo yahawe na Diamond avuga ko yari afite indi yashakaga kugura.