Haruna Niyonzima yahishuye ko magambo y’urucanetege yabwiwe ubwo yari avuye gukina muri Tanzania agarutse mu Rwanda yamugizeho ingaruka ariko na none akamutera imbaraga zo gukomera.
Nubwo abenshi bavuga ko gufuhira umukunzi wawe ari kimwe mu bimenyetso bigaragaza ko umukunda hari igihe biba bibi bikaba byanagusenyera mu gihe ukabya.
Mu Karere ka Karongi mu Murenge wa Rwankuba, haravugwa inkuru y’umusore umaze kugerageza kwiyahura inshuro eshatu byanga ariko akaba ari ibyo yaterejwe n’abakobwa yagiye abenga ari uko amaze...
Umuhanzi uri mu bahanzi bakomeye i Burundi wamamaye nka Sat B yasubije abamushinjije kwambika umugore we uusa mu mashusho y’indirimbo bahuriyemo avuga ko kuri bo ibyabaye nta nka baciye amabere.
Abagize umuryango wa Ishimwe Prince uherutse kuraswa n’Abapolisi mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, baravuga ko badashobora kumushyingura Polisi itabanje kubasobanurira icyo bamujijije ngo...