Umuherwekazi wabyaranye na Diamond uzwi nka Zari yatomagije Shakib umusore bari kumwe mu munyenga w’urukunda avuga ko anyurwa na buri kimwe uyu musore amukorera.
Urukiko rwo muri Chicago kuwa Gatatu rwahamije umuhanzi Robert Sylvester Kelly, icyaha cyo gukoresha umwana w’umuhungu filime z’urukozasoni no gushora abakobwa mu bikorwa by’ubusambanyi
Uwase Peace wamenyekanye nka Strawberry ku mbugankoranyambaga yahishuye ko Imana yamurinze urupfu nyuma yo gusanga umugizi wa nabi mu modoka afite icyuma ndetse n’imbunda y’igikinisho.
Polisi y’u Rwanda, ishami rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU) mu Karere ka Rubavu, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Nzeri, ryafashe abantu batatu bari binjije mu gihugu ibicuruzwa...
Mu mafoto atandukanye ihere ijisho uburanga bwa Princess Tifah umukobwa wa Diamond ukunzwe na benshi kubera udushya ahorana mu mashusho asangiza abamukurikira ku mbugankoranyambaga akoresha.
Iyo bibaye ngombwa ko haboneka impamvu ifatika yo kuba abakundana batandukana, akenshi usanga abantu bavuga ko nta we ukwiye kwivanga mu byabo, kuko baba bakeka ko bashobora no kongera gusubirana,...
Umuhanzikazi uri mu bagezweho hano mu Rwanda uzwi nka Bwiza yategujwe ko hari amafoto agaragaza uyu mukobwa ari gukora imibonanompuzabitsina agiye gushyirwa hanze.