Umuhanzi i Austin Richard Post wamenyekanye nka Post Malone yagize impanuka itunguranye ubwo yari ku rubyiniro abari mu gitaramo bose barikanga bibaza ikibaye.
Umuhanzi uri mu bakomeye muri Tanzania wubatse izina nka Rayvanny yemeke amakuru yo gutandukana na Paulla Kajala wari umukunzi we avuga ko yirinze kuba imbata y’urukundo aahitamo kwiha amahoro.
Bien-Aimé Baraza umwe mu bagize itsinda rya Sout Sol yahishuye byinshi yigiye ku Rwanda anavuga ijambo rikomeye yabwiye na Perezida Paul Kagame ubwo baheruka mu Rwanda mu muhango wo kwita izina...
Mucyo David wamenyekanye na Madebeats mu gukora no gutunganya indirimbo hano mu Rwanda agiye kwimukira mu Bwongereza nyuma yo kubona ibyangombwa bimwemerera kuhatura ndetse no kuhakorera umuziki we.