Leandre Niyomugabo wari umunyamakuru wa Tv10 mu biganiro "10 Tonight"na "The Link Up" yasezeye kuri iyi Television yari amazeho imyaka igera muri itanu ashimira abo babanye ndetse asezeranya n’abo...
Sandra Teta uri kubarizwa mu Rwanda kuva mu mezi make ashize nyuma yuko hamenyekanye inkuru ye yo gukubitwa na Weasel babyaranye abana babiri akamugira intere.
Umuhanzi uri mu bakomeye muri Afrurika ukomoka mu gihugu cya Tanzania wamenyekanye nka Harmonize yongeye kurikoroza kumbugankoranyambaga kubera imitoma yateye umukunzi we Kajala aherutse kwambika...
Chris wahoze mu itsinda rya Just Family yatangaje amatariki y’ibirori by’ubukwe bwe n’umukunzi we Claudine aherutse gusaba no gukwa mu Ugushyingo 2021 mu birori byabereye muri Leta zunze ubumwe...