Umuraperi Bushali yaserukanye n’umuhungu we Bushali Moon mu gitaramo cya "Rap City" cyitabiriwe n’ibyamamare mu njyana ya Hip Hop ndetse n’abakunzi b’iyi njyana.
Umuraperi w’umunyabigwi ku rwego rw’Isi wamamaye nka 50 Cent biravugwa ko yajyanye mu nkiko Dr Angela ufite kompanyi ya Medspa iri kumugaragaza nk’urugero rwiza mubo bafashije mu kongera ubugabo.
Usanga bamwe bibaza impamvu babira ibyuya byinshi mu gihe hari n’abatabira na bike bikaba byatumabumva ko bafite ikibazo ariko kubira ibyuya ni ibintu bisanzwe kandi bifitiye umubiri akamaro...
UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA, ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO AZATEZA MURI CYAMUNARA IMITUNGO YIMUKANWA IGIZWE N’IMASHINI ZIBAZA IHEREREYE MU AKAGALI KA SAHARA, UMURENGE WA BUGOSO,AKARERE KA MUSANZE...
Umuraperikazi uri mu bakomeye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika wamamaye nka Card B yahamwe n’ibyaha yari akuriranweho akatirwa iminsi cumi n’itanu yo gukora imirimo nsimburagifungo.