Mu mvugo yumvikanamo umujinya n’uburakari Umuhanzi Chris Brown yabaye yanenze abategura itangwa ry’ibihembo bya Grammy Awards nyuma yuko atabonye igihembo.
Ni byiza ko umugore utwite hari ibyo aba agomba kwitaho no kuzirikana mu mirire. Ni mu gihe kuko aba agomba kubungabunga ubuzima bw’abantu babiri icyarimwe: ubwe bwite, n’ubw’uwo...
Nyampinga wa Tanzania 2006, Wema Isaac Sepetu wakanyujijeho mu rukundo na Diaomond aherutse gutangaza ko nubwo aryohewe n’urukundo ahangayikishijwe nuko atarabona...
Jeanine Noachwabiciye bigacika mu rukundo n’umuhanzi Cyusa Ibrahim yaciye amarenga ko ari mu rukundo nundi musore nyuma yo gutandukana na Cyusa wahoze ari umukunzi...
Ubukwe ni kimwe mu bintu umuntu yishimira ndetse uba usanga buri muntu mu buzima bwe ari umunsi ategerezanyije amatsiko gusa hari abo bidashimisha bitewe n’uburyo babuteguye cyangwe se bikababera...