Mu Karere ka Rusizi mu Murenge wa Gihundwe,umuturage basanzwe bita ko ari umurwayi wo mu mutwe akaba anafite ubumuga bwo kutavuga, yagaragaye ari gusanira inzu umuturage utishoboye, bituma bamwe...
Umuherwekazi ukomoka muri Uganda utuye muri Africa y’Epfo wamenyekanye nka Zari Hassan akaba ni umwe mu bagore babyaranye na Diamond yongeye gusimangira ko urukundo rwe na Shakib rugihamye nyuma...
Mupende Ramadhan wamamaye mu myidagaduro y’u Rwanda nka Bad Rama washinze sosiyete ifasha abahanzi ya ‘The Mane Music’, yahishuye ko arwaye indwara y’agahinda gakabije ndetse ku bwe asanga akeneye...