skol
Kigali

Author

ISHIMWE JANE

Itangazo:NDACYAYISHIMA yasabye guhindura amazina akitwa NDACYAYISHIMA Patrick

Uwitwa NDACYAYISHIMA yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NDACYAYISHIMA Patrick mu bitabo by’irangamimerere. Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko...
27 January 2023 Yasuwe: 88 0

Niba uri akazuyaze Imana irakuruka:Moses yavuze amagambo akomeye asobanura iby’amashusho ataravuzweho...

Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshions, yavuze amagambo akomeye nyuma y’iminsi mike ageze mu Rwanda asobanura iby’amashusho yamugaragaje aryamana nabo bahuje igitsina ndetse n’inkomoko...
27 January 2023 Yasuwe: 2220 0

Dore ibintu 5 abagore bahora bifuza ku bagabo babo mbere y’uko babana na nyuma

Nubwo kwifuza kw’abantu kuba gutandukanye hari bimwe abagore n’abakobwa bahuriyeho ku bintu baba bashaka guhora babona ku bagabo babo haba mbere y’uko babana ndetse na...
27 January 2023 Yasuwe: 1745 0

Karongi: Umurambo w’uruhinja rwatoraguwe mu gikapu

Mu karere ka Karongi Mu murenge wa Rubengera hatoraguwe umurambo w’uruhinja uri mu gikapu.
27 January 2023 Yasuwe: 646 0

Rwamagana:Umushoferi yagiye gusaba Polisi serivisi yasinze

Umugabo yagiye gusuzumisha ubuziranenge bw’imodoka ku kigo cya Polisi cyo mu Karere ka Rwamagana, bamubonye bamubona asa n’uwasinze kandi yari atwaye ikinyabiziga, bamupimye bamusangana ibipimo bya...
27 January 2023 Yasuwe: 1942 0

U Buhinde: Abanyeshuri berekanye Filime mbarankuru y’ibyaranze Minisitiri w’intebe bafunzwe

Abanyeshyuri bo muri kaminuza ebyiri zikomeye mu Buhinde bafunzwe nyuma yo kwerekana filime mbarankuru, igaruka ku ruhare rwa Minisitiri w’Intebe, Narendra Modi mu yicwa...
27 January 2023 Yasuwe: 337 0

Weasel yatangaje ko yiteguye guhinduka agashyingiranwa n’umugore we Sandra Teta

Umuhanzi Weasel wo muri Uganda yatangaje ko yiteguye guhinduka mu mico no mu myitwarire kugirango ashimishe umugore we Sandra Teta nabo mu muryango we ndetse ko yiteguye kuza kumusaba akanamukwa...
26 January 2023 Yasuwe: 990 0

Amagambo ya Papa Francis ku butinganyi yatunguye benshi

Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Papa Francis yavuze ko “kuba umutinganyi si icyaha (mu rwego rw’amategeko)” kuko ababukora na bo Imana ibakunda nkuko isanzwe itarobanura ku...
26 January 2023 Yasuwe: 2281 3

Umutare Gabby yajyanywe mu nkiko n’umugore uvuga ko babyaranye akamutererana

Umuhanzi Umutare Gabby yajyanywe mu nkiko n’umugore uvuga ko babyaranye mbere y’uko uyu muhanzi akora ubukwe, akaba amusaba kwemera abana ndetse no kubitaho.
26 January 2023 Yasuwe: 1486 0

Dore ibintu ushobora kureberaho ko umukobwa mukundana agukunda by’ukuri

Bimwe mu bimenyetso bishobora kukwereka ko umukobwa bakundana amukunda by’ukuri.
26 January 2023 Yasuwe: 1489 0
0 | ... | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | 500 | 510 | 520 | ... | 2370