Sandra Teta yongeye kugaragara yahuje urugwiro na Derek wo muri Active bakanyujijeho mu rukundo nyuma y’imyaka myinshi batagararagara mu ruhame bari kumwe.
Umuhanzi Joseph Mayanja uzwi nka ,Jose Chameleone yagaragaye mu mashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga akubita umumotari wagonze imodoka ye ya Range Rover, yahawe nk’impano mu...
Igikomangoma Harry n’umugore we Meghan Markle bakomeje guterwa umugongo muri Hollywood Nyuma yo kumena amabanga menshi ku nkuru zivuga ibyababayeho igihe bari mu bwami bw’u...
Umuhanzi Emmanuel Nsengiyumva wamamaye nka Emmy mu muziki ari mu byishimo byo kwakira umugore we Umuhoza Joyce uzwi nka Hoza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’umwaka bakoze...
Uwitwa NDIZEYE Fred yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa COLESON EDDY mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko ari amazina...