Uwitwa KAMANA yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa KAMANA JEAN BOSCO mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko ari izina...
Mu Murenge wa Nduba mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, habereye impanuka y’ikamyo yari ipakiye itaka, bikekwa ko yabuze feri ubundi ikagenda igonga ibyo yasangaga mu cyerekezo yari irimo...
John Legend na Chrissy Teigen bari mu byishimo byinshi byo kwibaruka umwana wa gatatu nyuma y’imyaka ibiri bagize ibyago ubwo inda y’umwana bari batwite wa gatatu...
Umwaka wa 2022 ni umwaka wasize ibyishimo bidasanzwe muri bamwe mu byamamare kuko muri bo abawutangiye ari umwe bawurangije ari babiri cyangwa se batatu kuko hari n’abawukozemo ubukwe ndetse...
Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshions yambika abakomeye ku rwego mpuzamahanga yatangaje byeruye ko agiye kwinjira mu bucuruzi bw’amashusho...