skol
Kigali

Author

ISHIMWE JANE

Iyo nkunze umubyeyi ukunda umwana we! Harmonize yishongoye kuri Rayvanny

Abahanzi Harmonize na Rayvanny bahoze bahuriye mu nzu ya Wasafi itunganya ikanareberera inyungu z’abahanzi, bakomeje guterana amagambo bikomeye aho buri umwe yishongora ku...
17 January 2023 Yasuwe: 1698 0

Umuhanzi Otile Brown ari mu gahinda nyuma yo kwibirwa ku kibuga k’Indege Tanzania

Otile Brown uri mu bahanzi bagezweho mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba ari mu gahinda nyuma yo kwibirwa mudasobwa ebyiri ku kibuga kuri ‘Nyerere International Airport’ muri...
17 January 2023 Yasuwe: 555 0

Gakenke:Umuturage yahishuye impamvu yafungiye abantu iwe n’iminyururu

Mu rugo rw’umuturage mu Murenge wa Muhondo mu Karere ka Gakenke, bahasanze abaturage babiri bari baziritse barimo uwari uzirikishije iminyururu n’ingufuri, aho bivugwa ko uru rugo ari urw’umuvuzi...
17 January 2023 Yasuwe: 2755 1

Menya ibintu ukwiye guhagarika igihe witegura gukora ubukwe n’umukunzi wawe

Bimwe mu bintu ukwiye guhagarika gukora igihe witegura kurushinga n’umukunzi wawe kugira ngo urinde urukundo rwawe rw’ahazaza.
17 January 2023 Yasuwe: 863 0

The Trainer yakuyeho urujijo ku bibaza se w’umwana Keza atwite

Laurien Izere benshi bazi nka The Trainer yakuyeho urujijo ku bakomeje kwibaza kuri se w’umwana Keza atwite ashimangira ko umwana ari uwe bitandukanye nibyagiye bivugwa bamwe bavuga ko inda Keza...
17 January 2023 Yasuwe: 1371 0

Umwuka mubi ukomeje gututumba hagati ya Element na Country Records bivugwa ko yayivuyemo adasezeye

Umwuka mubi ukomeje gututumba hagati ya Producer Element n’ubuyobozi bwa Country Records yari amaze hafi imyaka itatu akoreramo nk’utunganya indirimbo z’abahanzi banyuranye kandi...
17 January 2023 Yasuwe: 424 0

Kayonza:Umukobwa ukiri muto yasanzwe mu muhanda yitabye Imana abamwishe bamukuyemo imyenda

Abaturage bo mu Murenge wa Ruramira mu Karere ka Kayonza, bashenguwe no gusanga umurambo w’umukobwa ukiri muto batazi, basanze mu muhanda, aho bikekwa ko yahotowe n’abagizi ba nabi bakagerageza...
16 January 2023 Yasuwe: 2365 1

Simon wahoze ari umu Depite mu Bwongereza ari mu rukundo n’umunyarwandakazi(Amafoto)

Simon Danczuk wahoze ari umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza wirukanywe kubera ubutumwa bw’urukozasoni yoherereje umwana w’umukobwa, aritegura kurushinga n’umunyarwandakazi Uwimana...
16 January 2023 Yasuwe: 4173 0

Gasabo:Umugabo yimanitse mu mugozi kubera kwangirwa kujya mu birori byo guhemba mushiki we wabyaye

Ku Mugoroba wo kuri iki cy’umweru tariki ya 15 Mutarama 2023 umugabo witwa Ringuyeneza Jean Bosco w’imyaka 28 y’amavuko wari utuye mu Mudugudu wa Gikingo ,AKagari ka Bweramvura mu Murenge wa Jabana...
16 January 2023 Yasuwe: 1564 0

Umu ‘Bouncer’ wa The Mane Music yavuye mu kazi asanga inzu ye yahiye ntihagira igisigara

Itangishaka James usanzwe ari umu ‘Bouncer’ ukorana bya hafi na The Mane Music, yatunguwe no kuva ku kazi asanga inzu ye yahiye yakongotse ku buryo nta kintu na kimwe...
16 January 2023 Yasuwe: 1783 0
0 | ... | 500 | 510 | 520 | 530 | 540 | 550 | 560 | 570 | 580 | ... | 2370