Otile Brown uri mu bahanzi bagezweho mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba ari mu gahinda nyuma yo kwibirwa mudasobwa ebyiri ku kibuga kuri ‘Nyerere International Airport’ muri...
Mu rugo rw’umuturage mu Murenge wa Muhondo mu Karere ka Gakenke, bahasanze abaturage babiri bari baziritse barimo uwari uzirikishije iminyururu n’ingufuri, aho bivugwa ko uru rugo ari urw’umuvuzi...
Laurien Izere benshi bazi nka The Trainer yakuyeho urujijo ku bakomeje kwibaza kuri se w’umwana Keza atwite ashimangira ko umwana ari uwe bitandukanye nibyagiye bivugwa bamwe bavuga ko inda Keza...
Umwuka mubi ukomeje gututumba hagati ya Producer Element n’ubuyobozi bwa Country Records yari amaze hafi imyaka itatu akoreramo nk’utunganya indirimbo z’abahanzi banyuranye kandi...
Abaturage bo mu Murenge wa Ruramira mu Karere ka Kayonza, bashenguwe no gusanga umurambo w’umukobwa ukiri muto batazi, basanze mu muhanda, aho bikekwa ko yahotowe n’abagizi ba nabi bakagerageza...
Ku Mugoroba wo kuri iki cy’umweru tariki ya 15 Mutarama 2023 umugabo witwa Ringuyeneza Jean Bosco w’imyaka 28 y’amavuko wari utuye mu Mudugudu wa Gikingo ,AKagari ka Bweramvura mu Murenge wa Jabana...
Itangishaka James usanzwe ari umu ‘Bouncer’ ukorana bya hafi na The Mane Music, yatunguwe no kuva ku kazi asanga inzu ye yahiye yakongotse ku buryo nta kintu na kimwe...