skol
Kigali

Author

ISHIMWE JANE

Hamenyekanye amakuru mashya ku rubanza rw’umwana w’imyaka 14 rwazamuye impaka kuri benshi

Umwana w’umuhungu waregwaga icyaha cyo gucuruza ibiyobyabwenge by’urumogi waburanishijwe muri iki cyumweru bikazamura impaka, yahamijwe icyaha, akatirwa igifungo gisubitse cy’imyaka...
3 February 2023 Yasuwe: 3200 0

Kigali:Biravugwa ko impanuka ikomeye y’ubwanikiro bw’ibigori bwaguye yahitanye abarenga 10

Mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo, haravugwa impanuka idasanzwe y’ubwanikiro bw’ibigoro, bwagwiriye abaturage, aho bivugwa ko hari benshi bahasize...
3 February 2023 Yasuwe: 3471 0

Dore imbuto ushobora kurya nijoro zikagufasha kugabanya ibiro

Zimwe mu mbuto ushobora kurya nijoro bikagufasha kugabanya ibiro bitagusabye imbaraga nyinshi.
3 February 2023 Yasuwe: 2221 0

IMENYESHA RY’IYEGERANYA N’IGABANYA RY’UMUTUNGO/RWAMAGANA

Ushinzwe iyegeranya n’igabanya ry’umutungo aramenyesha abantu bose ko guhera tariki ya 03/01/2023 koperatize zikurikira zo mu Karere ka Rwamagana zirimo Nyakama Coop iherereye Nyakariro, Taxi Moto...
3 February 2023 Yasuwe: 122 0

Moses yatangaje ko gushaka umugore ku bagabo bibahindura abanyantegenke

Umunyamideli Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshions yatangaje ko gushaka umugore ku bagabo bibahindura abanyantegenke.
3 February 2023 Yasuwe: 2239 0

Natty Dread wari umaze igihe arembye yatangiye imyitozo yo kongera gutambuka

Natty Dread yatangiye kwimenyereza gutambuka nyuma y’amezi agera muri atatu arembeye mu bitaro bya ‘University Medical Center Hamburg-Eppendorf (UKE)’ mu Budage ndetse ahamya ko ikizere cyo kumera...
3 February 2023 Yasuwe: 1035 0

Abahanzi bari batumiwe mu gitaramo cya Demarco ntibahabwe umwanya bagiye kugana inkiko

Bamwe mu bahanzi bari batumiwe mu gitaramo cya Demarco giherutse kubera i Kigali ariko ntibagaragare ku rubyiniro hari amakuru avuga ko bagiye kugana inkiko basaba kwishyurwa ibyo bari...
3 February 2023 Yasuwe: 547 0

Ni inshyanutsi! Umugore wabyaranye na Danny Nanone avuze amagambo akomeye kuri Yverry ashinja kwivanga mu bibazo by’umuryango...

Busandi Moreen wabyaranye na Danny Nanone ndetse akaba anamutwitiye indi nda y’umwana wa kabiri yise umuhanzi Yverry inshyanutsi amushinja kwivanga mu bibazo bye n’umugabo we kuri ubu biri mu...
2 February 2023 Yasuwe: 2257 0

Havuzwe icyagaragaza ukuri ku bashoferi batwara banyweye ibisindisha bafatwa bakavuga ko ari’Energy’

Bamwe mu bafatirwa gutwara ibinyabiziga barengeje igipimo cy’umusemburo, bavuga ko baba batanasogongeye ku kinyobwa gisembuye ahubwo ko baba banyoye ku mutobe wongera imbaraga uzwi nka ‘energy’...
2 February 2023 Yasuwe: 2894 2

Kamonyi:Babiri bafatanywe udupfunyika 2,400 tw’urumogi

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), ryafatiye mu karere ka Kamonyi ibiyobyabwenge by’urumogi rungana n’udupfunyika 2,400, aho rumwe rwafatanywe umugore w’imyaka 26,...
2 February 2023 Yasuwe: 747 0
0 | ... | 400 | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | ... | 2370