Mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo, haravugwa impanuka idasanzwe y’ubwanikiro bw’ibigoro, bwagwiriye abaturage, aho bivugwa ko hari benshi bahasize...
Bamwe mu bahanzi bari batumiwe mu gitaramo cya Demarco giherutse kubera i Kigali ariko ntibagaragare ku rubyiniro hari amakuru avuga ko bagiye kugana inkiko basaba kwishyurwa ibyo bari...
Busandi Moreen wabyaranye na Danny Nanone ndetse akaba anamutwitiye indi nda y’umwana wa kabiri yise umuhanzi Yverry inshyanutsi amushinja kwivanga mu bibazo bye n’umugabo we kuri ubu biri mu...
Bamwe mu bafatirwa gutwara ibinyabiziga barengeje igipimo cy’umusemburo, bavuga ko baba batanasogongeye ku kinyobwa gisembuye ahubwo ko baba banyoye ku mutobe wongera imbaraga uzwi nka ‘energy’...