U Rwanda ruri gukora inyigo ku gihingwa cy’imigano kugirango nayo igire uruhare mu kuzamura umusaruro ukomoka ku mashyamba. Uretse kuba imigano irwanya isuri, bamwe mu baturage bayikoramo...
Icyegeranyo cy’ihuriro mpuzamahanga mu bukungu kiragaragaza ko u Rwanda rwazamutseho umwanya umwe ku mugabane wa Afrika mu bigihugu bihagaze neza mu bukungu (Global Competitiveness Report 2017/18)....
Itsinda ry’intumwa z’abadepite baturutse mu gihugu cya Namibiya, kuri uyu wa kane tariki ya 28 Nzeri ryasuye ikigo Isange One Stop Centre gishinzwe kwakira no gufasha abakorewe ihohoterwa...
Knowless Butera wakundanyeho na Safi wo muri Urban Boys, yatangaje ko kuba Safi wahoze ari umukunzi we agiye kurushinga ari ibintu yumvise akishimira, yaboneyeho no kumugenera ubutumwa bwo...
Umubyeyi witwa Dusabimana Mediatrice wabyariye mu bitaro bya Gisirikare i Kanombe mu mwaka wa 2010, amaze imyaka irindwi ari muri koma kubera ikinya yatewe cyamuhezemo kugeza ubu.
Umugabo we...
Knowless Butera washakanye na Ishimwe Clement uri mu bahanzi bubashywe muri muzika Nyarwanda, yahishuye ko hari inyamaswa atajya arota guhuranayo, anavuga ko aramutse ahuye n’Imana hari icyifuzo...